U Burundi bwateguye igitero karahabutaka cyagabwe ku butaka bw’u Rwanda kigamije guhirika ubutegetsi

Byagaragaye ko Guverinoma y’u Burundi yateguye igitero karahabutaka cyagabwe ku butaka bw’u Rwanda. Mu Ukwakira 2019, akarere ka Musanze mu Rwanda kahindutse icyitegererezo cy’uburyo imitwe yitwaje intwaro yashobora guhungabanya umutekano …

U Burundi bwateguye igitero karahabutaka cyagabwe ku butaka bw’u Rwanda kigamije guhirika ubutegetsi Read More

Perezida Museveni yanze ibirindiro bya Amerika n’u Bwongereza muri Uganda, avuga ko igihugu cye gishoboye kwirwanaho

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko yanze icyifuzo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bwongereza cyo kubaka ibigo bya gisirikare muri Uganda, asobanura ko igihugu cye gifite …

Perezida Museveni yanze ibirindiro bya Amerika n’u Bwongereza muri Uganda, avuga ko igihugu cye gishoboye kwirwanaho Read More

AFC/M23 yemeje ko yohereje abakomando kabuhariwe bagiye gukubita ahababaza Tshisekedi

Ihuriro rya AFC/M23 ryemeje ko ryohereje amatsinda y’abakomando kabuhariwe hafi y’Umujyi wa Kisangani muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu gikorwa rivuga ko kigamije guhagarika ibitero by’indege zitagira abapilote (drones) …

AFC/M23 yemeje ko yohereje abakomando kabuhariwe bagiye gukubita ahababaza Tshisekedi Read More

Amerika ivuga ko yishe umusirikare wa Iran wari mu mugambi wo kwica Donald Trump nyuma y’urupfu rwa Khamenei

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko igisirikare cyayo cyishe umwe mu bayobozi b’ingabo za Iran wari uri mu mugambi wo kugaba igitero cyari kigamije kwica uwahoze ari Perezida wa …

Amerika ivuga ko yishe umusirikare wa Iran wari mu mugambi wo kwica Donald Trump nyuma y’urupfu rwa Khamenei Read More

Intambara ya Iran na Israel ifatanyije na Amerika yageze ku Rwanda mu gihe Ibitero bikomeje gukaza umurego

Intambara ikomeye iri guhuza Iran na Israel ifatanyije na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ikomeje gukaza umurego ku munsi wa gatandatu, aho ibitero bya misile, drones n’ibitero byo mu kirere …

Intambara ya Iran na Israel ifatanyije na Amerika yageze ku Rwanda mu gihe Ibitero bikomeje gukaza umurego Read More