Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe wakoze impinduka zikomeye cyane ku bahuza mu kibazo cya RDC, hashyirwaho imiterere nshya y’ubuhuza

Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) wafashe icyemezo cyo kongera kunoza no kugabanya inshingano z’abahuza b’Abanyafurika bari bashinzwe gukemura amakimbirane akomeje gufata indi ntera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi …

Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe wakoze impinduka zikomeye cyane ku bahuza mu kibazo cya RDC, hashyirwaho imiterere nshya y’ubuhuza Read More

Gen. Mubarakh Muganga yashimye umusifuzi Uwikunda Samuel, asaba abasifuzi kwirinda gusifurira amakipe bakunda

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda akaba n’Umuyobozi Wungirije w’Icyubahiro muri APR FC, General Mubarakh Muganga, yashimiye umusifuzi mpuzamahanga Uwikunda Samuel wafashe icyemezo cyo kutajya asifura imikino y’ikipe akunda, asaba n’abandi …

Gen. Mubarakh Muganga yashimye umusifuzi Uwikunda Samuel, asaba abasifuzi kwirinda gusifurira amakipe bakunda Read More

CAF yatangiye iperereza ku myitwarire mibi yagaragaye mu mukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika wahuje Sénégal na Maroc

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yatangaje ko yatangiye gukurikirana no gukora iperereza ku myitwarire mibi yagaragaye ku mukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika 2025/2026 wahuje Sénégal na Maroc, wabereye …

CAF yatangiye iperereza ku myitwarire mibi yagaragaye mu mukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika wahuje Sénégal na Maroc Read More

“Ni ubwa gatatu dukinnye n’abasifuzi” – Abderrahim Talib utoza APR FC yongeye gushinja imisifurire kuyambura umwanya wa mbere

Umutoza wa APR FC, Abderrahim Talib, yongeye kugaragaza uburakari bukomeye ku misifurire avuga ko imaze iminsi igaragara mu mikino y’ikipe ye, aho ashinja abasifuzi kuyambura amanota menshi yagombaga gutuma iyobora …

“Ni ubwa gatatu dukinnye n’abasifuzi” – Abderrahim Talib utoza APR FC yongeye gushinja imisifurire kuyambura umwanya wa mbere Read More

Afite Miliyari zirenga 40 Frw: Umudepite mu nteko ishingamategeko ari mu mazi abira nyuma y’itumbagira ridasanzwe ry’umutungo we

Komisiyo ishinzwe kugenzura imikorere ya Guverinoma mu Nteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangiye iperereza rikomeye ku mutungo wa Depite Ilhan Omar, umwe mu badepite b’Ishyaka ry’Aba-Démocrates, …

Afite Miliyari zirenga 40 Frw: Umudepite mu nteko ishingamategeko ari mu mazi abira nyuma y’itumbagira ridasanzwe ry’umutungo we Read More

Umubare w’abapfuye uracyiyongera: Habaye Impanuka iteye ubwoba yahitanye abantu 21, abarenga 70 barakomereka

Impanuka ikomeye ya gariyamoshi ebyiri zagonganiye mu Majyepfo ya Espagne yahitanye abantu 21, mu gihe abarenga 70 bakomeretse, bamwe muri bo bikabije. Iyi mpanuka yabaye mu Ntara ya Cordoba, mu …

Umubare w’abapfuye uracyiyongera: Habaye Impanuka iteye ubwoba yahitanye abantu 21, abarenga 70 barakomereka Read More