Zari intego za gisirikare zisobanutse: Hamenyekanye aho Ingabo z’u Burundi zerekeje nyuma yo kwirukanwa kuri Point Zéro

Nyuma y’imirwano ikomeye yabereye mu gice kizwi nka Point Zéro, aho abarwanyi ba Twirwaneho birukanye ingabo z’u Burundi ku bufatanye n’iza FARDC, hagaragaye indi ntambwe nshya mu mutekano muke w’akarere …

Zari intego za gisirikare zisobanutse: Hamenyekanye aho Ingabo z’u Burundi zerekeje nyuma yo kwirukanwa kuri Point Zéro Read More

Umugore w’imyaka 60 n’umuhungu we bafunzwe bakekwaho kwivugana umugabo we bapfa ibyatumye benshi bacika ururondogoro

Polisi y’u Rwanda (RNP) yatangaje ko yataye muri yombi umugore w’imyaka 60 n’umuhungu we w’imyaka 26, bakekwaho kwica umugabo w’uwo mugore ari na we se w’uwo musore, nyuma y’amakimbirane akomeye …

Umugore w’imyaka 60 n’umuhungu we bafunzwe bakekwaho kwivugana umugabo we bapfa ibyatumye benshi bacika ururondogoro Read More

Gen. Muhoozi na Bobi Wine mu ntambara ikaze: Umugaba Mukuru w’Ingabo yiyemereye kwivugana abayoboke ba NUP

Ibya Gen. Muhoozi Kainerugaba, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, n’umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine, bikomeje gufata indi ntera iteye impungenge, nyuma y’amagambo akomeye akomeje …

Gen. Muhoozi na Bobi Wine mu ntambara ikaze: Umugaba Mukuru w’Ingabo yiyemereye kwivugana abayoboke ba NUP Read More

Hamenyekanye amayeri adasanzwe umwarimu wa Kaminuza yakoreshaga ashuka abana akabasambanya.

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi umwarimu wa kaminuza ufite impamyabumenyi y’ikirenga (PhD), ukekwaho icyaha cyo gusambanya abana b’abakobwa abashukisha amafaranga, mu bikorwa RIB ivuga ko byabereye mu bihe …

Hamenyekanye amayeri adasanzwe umwarimu wa Kaminuza yakoreshaga ashuka abana akabasambanya. Read More

Minisitiri Nduhungirehe ayoboye intumwa z’u Rwanda mu nama mpuzamahanga yitabiriwe na Perezida Trump na Tshisekedi

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, ayoboye intumwa z’igihugu cye mu nama y’ihuriro mpuzamahanga ku bukungu ya World Economic Forum (WEF) iri kubera i Davos mu Busuwisi. Ni …

Minisitiri Nduhungirehe ayoboye intumwa z’u Rwanda mu nama mpuzamahanga yitabiriwe na Perezida Trump na Tshisekedi Read More

RDC: Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi yakoze igikorwa cyatunguye cyane Perezida Tshisekedi kubera uburyo cyateguranywe ubuhanga budasanzwe

Umunyapolitiki ukomeye utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Seth Kikuni, yamaze kuva muri icyo gihugu mu ibanga rikomeye, nyuma y’igihe kirekire avugwaho gutotezwa, gufungwa mu buryo …

RDC: Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi yakoze igikorwa cyatunguye cyane Perezida Tshisekedi kubera uburyo cyateguranywe ubuhanga budasanzwe Read More

Burundi: Perezida Ndayishimiye mu cyoba cyinshi nyuma y’ibiteye ubwoba byatangiye gukorwa n’urubyiruko n’abasirikare benshi

U Burundi buri kwinjira mu bihe bikomeye by’ihungabana rikabije ry’ubukungu, umutekano n’icyizere cy’abaturage, ibintu byashyize Perezida Évariste Ndayishimiye mu cyoba gikomeye. Mu gihe Leta ikomeza kuvuga ko igihugu gifite amahoro …

Burundi: Perezida Ndayishimiye mu cyoba cyinshi nyuma y’ibiteye ubwoba byatangiye gukorwa n’urubyiruko n’abasirikare benshi Read More