Nyuma y’iminsi micye ikuye abarwanyi bayo muri Uvira, AFC/M23 yakomoje ku gusohoka mu bindi bice igenzura

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko nubwo ryakuye abarwanyi baryo mu Mujyi wa Uvira, ridafite umugambi wo kuva mu bindi bice rigenzura mu Ntara …

Nyuma y’iminsi micye ikuye abarwanyi bayo muri Uvira, AFC/M23 yakomoje ku gusohoka mu bindi bice igenzura Read More

Ubutumwa bw’umusirikare w’u Burundi wahungiye i Dubai bwakanguye benshi bunarakaza bikomeye Perezida Ndayishimiye

Mu gihe ubuyobozi bw’igisirikare cy’u Burundi bukomeje gutangaza ko ibintu bimeze neza, hari indi shusho igenda igaragara kure y’amaso ya rubanda. Iyi shusho igaragarira mu buhamya bw’abasirikare bavuye mu gihugu, …

Ubutumwa bw’umusirikare w’u Burundi wahungiye i Dubai bwakanguye benshi bunarakaza bikomeye Perezida Ndayishimiye Read More

Bagiye kuyinjizamo: Impamvu M23 idakwiye kwemera kwinjizwa mu nzego z’umutekano za RDC?

Mu biganiro mpuzamahanga bigamije gushakira amahoro arambye uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, igitekerezo cyo kwinjiza abarwanyi ba M23 mu nzego z’umutekano za Leta ya Congo cyakomeje kugarukwaho nk’imwe …

Bagiye kuyinjizamo: Impamvu M23 idakwiye kwemera kwinjizwa mu nzego z’umutekano za RDC? Read More

Umutwe wa M23 ugiye kwinjizwa mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo?

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko hari icyizere gishya cyatuma intambara imaze imyaka myinshi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ihagarara, binyuze mu kwinjiza abarwanyi b’Abanye-Congo bo …

Umutwe wa M23 ugiye kwinjizwa mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo? Read More

Igitero simusiga cya FARDC, FDLR n’ingabo z’u Burundi nyuma yuko u Rwanda rwemereye Amerika imikoranire yarwo na AFC/M23.

Impungenge ku mutekano w’abaturage bo mu misozi ya Mulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, zikomeje kwiyongera nyuma y’uko Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) FDLR n’ingabo z’u Burundi …

Igitero simusiga cya FARDC, FDLR n’ingabo z’u Burundi nyuma yuko u Rwanda rwemereye Amerika imikoranire yarwo na AFC/M23. Read More

Amerika: Perezida Trump yasabwe gufatira ibihano bikakaye Gen. Muhoozi Kainerugaba no gufata ingamba zikomeye za gisirikare.

Igitutu mpuzamahanga gikomeje kwiyongera kuri Leta ya Uganda nyuma y’amatora y’Umukuru w’Igihugu yo ku wa 15 Mutarama 2026, aho Perezida Yoweri Museveni yongeye gutorerwa manda ya karindwi mu matora avugwaho …

Amerika: Perezida Trump yasabwe gufatira ibihano bikakaye Gen. Muhoozi Kainerugaba no gufata ingamba zikomeye za gisirikare. Read More

Abagore badafite “Nyash” babyara abana b’ibigoryi: Amagambo ya Gen. Muhoozi yongeye guteza impaka zikomeye ku mbuga nkoranyambaga

Amagambo aherutse gutangazwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yongeye guteza impaka zikomeye ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bayafashe nko gusuzugura abagore, abandi bakayata nk’urwenya rutagomba gufatwa nk’icyemezo …

Abagore badafite “Nyash” babyara abana b’ibigoryi: Amagambo ya Gen. Muhoozi yongeye guteza impaka zikomeye ku mbuga nkoranyambaga Read More