Gen. Muhoozi yahisemo kuva kuri X ajya mu masengesho no kwiyiriza ubusa nyuma y’ibyatangajwe na Amerika

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko imyitwarire ya Gen. Muhoozi Kainerugaba, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF), yamaze kurenga “umurongo utukura”, nyuma y’ubutumwa bwe bwibasiraga Ambasade ya Amerika i …

Gen. Muhoozi yahisemo kuva kuri X ajya mu masengesho no kwiyiriza ubusa nyuma y’ibyatangajwe na Amerika Read More

Byahinduye Isura: RDC izatanga umukandida uhatana n’Umunyarwandakazi Louise Mushikiwabo ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru wa OIF.

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko izatanga umukandida uzahatana n’Umunyarwandakazi Louise Mushikiwabo ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango Mpuzamahanga w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), mu matora ateganyijwe mu …

Byahinduye Isura: RDC izatanga umukandida uhatana n’Umunyarwandakazi Louise Mushikiwabo ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru wa OIF. Read More

Mu butumwa bwuje urukundo, The Ben yifurije Pamella isabukuru y’amavuko yifashishije ifoto y’umunsi wa mbere bahuriyeho

Ku wa 31 Mutarama 2026, Uwicyeza Pamella yizihije isabukuru y’amavuko mu buryo budasanzwe, umunsi wabaye uwo kwishimira we ubwe, umuryango we n’inshuti ze, cyane cyane umugabo we, umuhanzi Mugisha Benjamin …

Mu butumwa bwuje urukundo, The Ben yifurije Pamella isabukuru y’amavuko yifashishije ifoto y’umunsi wa mbere bahuriyeho Read More

Urupfu rw’abantu barenga 200 bapfiriye muri kamwe mu duce AFC/M23 igenzura rwashenguye imitima ya beshi.

Inkangu ikomeye yibasiye ikirombe cy’amabuye y’agaciro cya Rubaya giherereye muri Teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ihitana abantu barenga 200, nk’uko byemejwe n’ubuyobozi bw’ihuriro AFC/M23 rigenzura ako gace. …

Urupfu rw’abantu barenga 200 bapfiriye muri kamwe mu duce AFC/M23 igenzura rwashenguye imitima ya beshi. Read More

Abasirikare babiri mu ngabo z’igihugu bitabye Imana bari mu myitozo idasanzwe ya gisirikare. Amafoto

Abasirikare babiri bo mu Ngabo zirwanira mu Kirere z’igihugu cya Thailand (Royal Thai Air Force) bapfiriye mu mpanuka y’indege ya gisirikare yaguye mu ishyamba riri mu majyaruguru y’icyo gihugu, mu …

Abasirikare babiri mu ngabo z’igihugu bitabye Imana bari mu myitozo idasanzwe ya gisirikare. Amafoto Read More