Venezuela: Perezida w’Inzibacyuho Delcy Rodríguez yahaye gasopo Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Perezida w’inzibacyuho wa Venezuela, Delcy Rodríguez, yatangaje ko igihugu cye kitagishobora gukomeza kuyoborwa n’amabwiriza aturuka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ashimangira ko Abanyavenezuela ari bo bagomba kwikemurira ibibazo byabo …

Venezuela: Perezida w’Inzibacyuho Delcy Rodríguez yahaye gasopo Leta Zunze Ubumwe za Amerika Read More

“Intanga z’umugabo ntizishira” – Papa Sava yongeye kuvugisha benshi asobanura impamvu atihutira gushaka umugore

Niyitegeka Gratien uzwi cyane ku izina rya Seburikoko cyangwa Papa Sava, umwe mu bantu bakunzwe cyane muri sinema nyarwanda, yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gutanga ibisobanuro ku mpamvu atihutira gushaka …

“Intanga z’umugabo ntizishira” – Papa Sava yongeye kuvugisha benshi asobanura impamvu atihutira gushaka umugore Read More

Ubutumwa bw’umusirikare w’u Burundi wahungiye i Dubai bwakanguye benshi bunarakaza bikomeye Perezida Ndayishimiye

Mu gihe ubuyobozi bw’igisirikare cy’u Burundi bukomeje gutangaza ko ibintu bimeze neza, hari indi shusho igenda igaragara kure y’amaso ya rubanda. Iyi shusho igaragarira mu buhamya bw’abasirikare bavuye mu gihugu, …

Ubutumwa bw’umusirikare w’u Burundi wahungiye i Dubai bwakanguye benshi bunarakaza bikomeye Perezida Ndayishimiye Read More