RIB yataye muri yombi umugabo n’umugore bakekwaho kwambura ubuzima abantu benshi, imibiri igatabwa mu cyobo cyo mu rugo.

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, Rwanda Investigation Bureau (RIB), rwatangaje ko rwataye muri yombi umugabo witwa Ndayisaba Félicien n’umugore we Imanishimwe Rebecca batuye mu Murenge wa Mugombwa mu Karere ka Gisagara District, …

RIB yataye muri yombi umugabo n’umugore bakekwaho kwambura ubuzima abantu benshi, imibiri igatabwa mu cyobo cyo mu rugo. Read More

Ukuri ku cyihishe inyuma y’urupfu rw’umusore w’imyaka 20 warashwe mu cyico na Polisi y’u Rwanda

Mu Karere ka Rubavu haravugwa inkuru y’umusore w’imyaka 20 witwaga Kadogo warashwe n’umupolisi agahita apfa, mu gihe abandi bantu bari kumwe na we batawe muri yombi nyuma yo kurwanya abapolisi …

Ukuri ku cyihishe inyuma y’urupfu rw’umusore w’imyaka 20 warashwe mu cyico na Polisi y’u Rwanda Read More

Agahinda Gakomeye: Urupfu rw’Umukobwa wiga muri Kaminuza y’u Rwanda rukomeje gushengura imitima ya benshi

Urupfu rw’umukobwa wari ukiri muto wigaga muri Kaminuza y’u Rwanda rukomeje kubabaza benshi, cyane cyane abo biganaga, umuryango we n’abandi bamumenye. Cyuzuzo Grace w’imyaka 23, wari umunyeshuri muri Ishami ry’Ubumenyi …

Agahinda Gakomeye: Urupfu rw’Umukobwa wiga muri Kaminuza y’u Rwanda rukomeje gushengura imitima ya benshi Read More

Abantu babiri baguye mu mpanuka yabereye muri etape ya mbere ya Tour du Rwanda abandi batandatu barakomereka bikabije

Kuri iki Cyumweru, tariki ya 22 Gashyantare 2026, isiganwa mpuzamahanga rya Tour du Rwanda ryatangiye gukinwa, ariko ntiryarangira neza. Etape ya mbere yaturutse mu Karere ka Gicumbi yerekeza mu Karere …

Abantu babiri baguye mu mpanuka yabereye muri etape ya mbere ya Tour du Rwanda abandi batandatu barakomereka bikabije Read More