U Burundi bwarezwe mu rukiko mu gihe Perezida Ndayishimiye yatangiye kuyobora Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe

Mu gihe Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangiye ku mugaragaro kuyobora Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), imiryango ihagarariye Abanyamulenge batuye muri Kivu y’Amajyepfo yajyanye Leta ayoboye mu rukiko rw’akarere, …

U Burundi bwarezwe mu rukiko mu gihe Perezida Ndayishimiye yatangiye kuyobora Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe Read More

AFC/M23 yavuye mu gace yari imaze amezi atatu igenzura kigarurirwa n’abarwanyi bari kurwana ku ruhande rwa FARDC

Ingabo z’umutwe wa AFC/M23 zavuye mu birindiro bya Buhaya mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 12 Gashyantare 2026, nyuma y’amezi atatu zigenzura uwo musozi zikaba zarawirukanyemo abarwanyi ba …

AFC/M23 yavuye mu gace yari imaze amezi atatu igenzura kigarurirwa n’abarwanyi bari kurwana ku ruhande rwa FARDC Read More

Amerika Yasubije Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Yemeye Guhagarika Imirwano mu Burasirazuba bw’Igihugu

Umujyanama Mukuru wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bufatanye na Afurika, Massad Boulos, yasabye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) kubahiriza agahenge nk’uko Perezida Félix …

Amerika Yasubije Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Yemeye Guhagarika Imirwano mu Burasirazuba bw’Igihugu Read More

AFC/M23 Iherutse Kunguka Abakomando 7500 Yasubije RDC Yemeye Guhagarika Imirwano mu Burasirazuba bw’Igihugu

Mu gihe Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko yemeye guhagarika imirwano mu burasirazuba bw’igihugu, ihuriro rya AFC/M23 ryagaragaje ko iri tangazo ridafite ishingiro, rivuga ko ibikorwa …

AFC/M23 Iherutse Kunguka Abakomando 7500 Yasubije RDC Yemeye Guhagarika Imirwano mu Burasirazuba bw’Igihugu Read More

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yemeye guhagarika imirwano mu Burasirazuba bw’igihugu

Mu gihe imyaka myinshi ishize uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bwugarijwe n’intambara z’urudaca, Guverinoma y’iki gihugu yatangaje ku mugaragaro ko yemeye guhagarika imirwano, igaragaza icyizere gishya cy’inzira …

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yemeye guhagarika imirwano mu Burasirazuba bw’igihugu Read More

AFC/M23 Yigaruriye Akandi Gace mu Mirwano Ikaze cyane na FARDC n’Abambari ba yo, Nyuma Yuko Yungutse Abakomando Bashya Barenga 7.500

Ihuriro rya AFC/M23 ryigaruriye agace ka Biguri kari muri Teritwari ya Masisi, Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, nyuma y’imirwano ikaze cyane yarihanganishije n’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo …

AFC/M23 Yigaruriye Akandi Gace mu Mirwano Ikaze cyane na FARDC n’Abambari ba yo, Nyuma Yuko Yungutse Abakomando Bashya Barenga 7.500 Read More

Imirwano ikaze cyane hagati ya AFC/M23 na FARDC n’Ingabo z’u Burundi zongereye imbaraga bidasanzwe

Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, intambara yongeye gufata indi ntera ikomeye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo, aho imirwano ihuje ingabo za Leta ya Congo …

Imirwano ikaze cyane hagati ya AFC/M23 na FARDC n’Ingabo z’u Burundi zongereye imbaraga bidasanzwe Read More

Umukecuru wambuwe ubuzima mu buryo bwa kinyamaswa na FARDC, FDLR n’ingabo z’u Burundi yazamuye imbamutima za benshi

Mu gitondo cyo ku itariki ya 12 Gashyantare 2026, hamenyekanye amakuru akomeye kandi yazamuye imbamutima z’abaturage bo mu gace ka Rundu, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Umukecuru witwaga Elizabeth Mukuza, …

Umukecuru wambuwe ubuzima mu buryo bwa kinyamaswa na FARDC, FDLR n’ingabo z’u Burundi yazamuye imbamutima za benshi Read More