Gen. Mubarakh Muganga yashimye umusifuzi Uwikunda Samuel, asaba abasifuzi kwirinda gusifurira amakipe bakunda

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda akaba n’Umuyobozi Wungirije w’Icyubahiro muri APR FC, General Mubarakh Muganga, yashimiye umusifuzi mpuzamahanga Uwikunda Samuel wafashe icyemezo cyo kutajya asifura imikino y’ikipe akunda, asaba n’abandi …

Gen. Mubarakh Muganga yashimye umusifuzi Uwikunda Samuel, asaba abasifuzi kwirinda gusifurira amakipe bakunda Read More

CAF yatangiye iperereza ku myitwarire mibi yagaragaye mu mukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika wahuje Sénégal na Maroc

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yatangaje ko yatangiye gukurikirana no gukora iperereza ku myitwarire mibi yagaragaye ku mukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika 2025/2026 wahuje Sénégal na Maroc, wabereye …

CAF yatangiye iperereza ku myitwarire mibi yagaragaye mu mukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika wahuje Sénégal na Maroc Read More

“Ni ubwa gatatu dukinnye n’abasifuzi” – Abderrahim Talib utoza APR FC yongeye gushinja imisifurire kuyambura umwanya wa mbere

Umutoza wa APR FC, Abderrahim Talib, yongeye kugaragaza uburakari bukomeye ku misifurire avuga ko imaze iminsi igaragara mu mikino y’ikipe ye, aho ashinja abasifuzi kuyambura amanota menshi yagombaga gutuma iyobora …

“Ni ubwa gatatu dukinnye n’abasifuzi” – Abderrahim Talib utoza APR FC yongeye gushinja imisifurire kuyambura umwanya wa mbere Read More

Umukinnyi uri mu bakunzwe cyane mu ikipe y’igihugu Amavubi agiye kurongora ukobwa bafitanye abana batatu

Myugariro w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, Phanuel Kavita, ari mu byishimo bikomeye nyuma yo gutanga amarenga akomeye y’uko umwaka wa 2026 ashobora gusezera burundu ku buzima bwo kuba ingaragu, akinjira …

Umukinnyi uri mu bakunzwe cyane mu ikipe y’igihugu Amavubi agiye kurongora ukobwa bafitanye abana batatu Read More