Afite Miliyari zirenga 40 Frw: Umudepite mu nteko ishingamategeko ari mu mazi abira nyuma y’itumbagira ridasanzwe ry’umutungo we

Komisiyo ishinzwe kugenzura imikorere ya Guverinoma mu Nteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangiye iperereza rikomeye ku mutungo wa Depite Ilhan Omar, umwe mu badepite b’Ishyaka ry’Aba-Démocrates, …

Afite Miliyari zirenga 40 Frw: Umudepite mu nteko ishingamategeko ari mu mazi abira nyuma y’itumbagira ridasanzwe ry’umutungo we Read More

Umubare w’abapfuye uracyiyongera: Habaye Impanuka iteye ubwoba yahitanye abantu 21, abarenga 70 barakomereka

Impanuka ikomeye ya gariyamoshi ebyiri zagonganiye mu Majyepfo ya Espagne yahitanye abantu 21, mu gihe abarenga 70 bakomeretse, bamwe muri bo bikabije. Iyi mpanuka yabaye mu Ntara ya Cordoba, mu …

Umubare w’abapfuye uracyiyongera: Habaye Impanuka iteye ubwoba yahitanye abantu 21, abarenga 70 barakomereka Read More

Amakuru mashya: Iby’igitero simusiga cya AFC/M23 ku butaka bw’u Burundi kigamije gukuraho Perezida Ndayishimiye

Amakuru akomeje guturuka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo no mu bihugu bihana imbibi nayo aratanga isura nshya kandi iteye impungenge ku ntambara ihanganishije ihuriro AFC/M23 n’ubutegetsi bwa …

Amakuru mashya: Iby’igitero simusiga cya AFC/M23 ku butaka bw’u Burundi kigamije gukuraho Perezida Ndayishimiye Read More

Uvira mu mwijima: Nyuma yo kugenda kwa AFC/M23, Abaturage batangiye gukorerwa ibya kinyamaswa. Amafoto

Umujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wongeye kwinjira mu bihe bikomeye by’umutekano muke n’ihungabana ry’uburenganzira bwa muntu, nyuma y’uko ihuriro AFC/M23 riwuvuyemo …

Uvira mu mwijima: Nyuma yo kugenda kwa AFC/M23, Abaturage batangiye gukorerwa ibya kinyamaswa. Amafoto Read More

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware nyuma y’ibyo bakoze bikarakaza Perezida Ndayishimiye

Igisirikare cy’u Burundi kiri mu bihe bikomeye, nyuma y’uko abasirikare barenga 500 batangiye guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku rugamba bari baroherejwemo mu …

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware nyuma y’ibyo bakoze bikarakaza Perezida Ndayishimiye Read More

Amakosa Akomeye ya Perezida Tshisekedi Akomeje Guhembera Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Intambara imaze imyaka myinshi mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje gutwara ubuzima bw’abantu, gusenya ibikorwa remezo no guteza umutekano muke mu karere k’Ibiyaga Bigari. Abasesenguzi b’inararibonye mu …

Amakosa Akomeye ya Perezida Tshisekedi Akomeje Guhembera Intambara mu Burasirazuba bwa RDC Read More

Uganda: Internet yasubiyeho Nyuma yuko Museveni atsindiye kuyobora yanda ya karindwi

Nyuma y’iminsi ine itaboneka, serivisi za internet muri Uganda zisubiyeho, bikurikirana n’intsinzi ya Perezida Yoweri Kaguta Museveni mu matora y’Umukuru w’Igihugu yabaye mu minsi ishize. Icyemezo cyo guhagarika internet cyafashwe …

Uganda: Internet yasubiyeho Nyuma yuko Museveni atsindiye kuyobora yanda ya karindwi Read More