Leta zunze Ubumwe za Amerika Amerika iri gutegura gufatira u Rwanda ibihano bikomeye cyane?

Leta Zunze Ubumwe za Amerika biravugwa ko zatangiye ibiganiro byimbitse bigamije gusuzuma uburyo u Rwanda rwafatiwamo ibihano, nyuma y’uko amasezerano y’amahoro rwasinyanye na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo atarashyirwa mu …

Leta zunze Ubumwe za Amerika Amerika iri gutegura gufatira u Rwanda ibihano bikomeye cyane? Read More

Urujijo ku mirambo itatu yabonetse mu mugezi wa Rusizi, mu gihe abarwanyi badasanzwe ba FDLR bari ku butaka bw’u Rwanda.

Mu Ntara ya Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi, hagaragaye imirambo itatu ireremba mu mazi y’umugezi wa Rusizi, hafi y’umupaka uhuza u Burundi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), bikomeje …

Urujijo ku mirambo itatu yabonetse mu mugezi wa Rusizi, mu gihe abarwanyi badasanzwe ba FDLR bari ku butaka bw’u Rwanda. Read More

U Rwanda rwakiriye abarwanyi 15 ba FDLR n’imiryango yabo, rugaragaza ko inzira yo gutaha ikomeje gufunguka

Leta y’u Rwanda yakiriye abarwanyi 15 b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR bari kumwe n’abantu 19 bo mu miryango yabo, baturutse mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), mu cyiciro …

U Rwanda rwakiriye abarwanyi 15 ba FDLR n’imiryango yabo, rugaragaza ko inzira yo gutaha ikomeje gufunguka Read More

U Bwongereza bwasubije u Rwanda rwabujyanye mu rukiko mpuzamahanga rubwishyuza miliyoni 50 z’Amapawundi

Guverinoma y’u Bwongereza yatanze igisubizo ku Rwanda, nyuma y’uko rwitabaje urukiko mpuzamahanga rw’ubuhuza ruri mu Buholandi, rurusaba kwishyurwa miliyoni 50 z’Amapawundi, kubera kutubahiriza amasezerano impande zombi zari zaragiranye. Ku wa …

U Bwongereza bwasubije u Rwanda rwabujyanye mu rukiko mpuzamahanga rubwishyuza miliyoni 50 z’Amapawundi Read More

Twanze agasuzuguro: U Rwanda rwasobanuye impamvu u Bwongereza bugomba kurwishyura miliyoni 50 z’Amapawundi

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje impamvu ifatika ituma u Bwongereza bugomba kurwishyura miliyoni 50 z’Amapawundi, nyuma y’uko iki gihugu gihisemo guhagarika amasezerano y’impande zombi ajyanye no kwakira abimukira badafite ibyangombwa no …

Twanze agasuzuguro: U Rwanda rwasobanuye impamvu u Bwongereza bugomba kurwishyura miliyoni 50 z’Amapawundi Read More

AFC/M23 yasobanuye ubufasha ihabwa n’u Rwanda na Uganda bukomeje guteza impaka ku ruhando mpuzamahanga

Mu cyumweru gishize, amagambo yatangajwe n’Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mathilde Mukantabana, yongeye kuzamura impaka zimaze igihe zivugwa ku bijyanye n’umubano hagati y’u Rwanda n’ihuriro rya …

AFC/M23 yasobanuye ubufasha ihabwa n’u Rwanda na Uganda bukomeje guteza impaka ku ruhando mpuzamahanga Read More

Hamenyekanye icyatume abarwanyi ba M23 batinjizwa mu gisirikare cya Leta ya RDC, n’inshingano zikomeye cyane bari bahawe.

Umutwe wa M23 watangaje amakuru mashya asobanura mu buryo burambuye uko abarwanyi bawo bari bateganyijwe kwinjizwa mu ngabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), binyuze mu masezerano …

Hamenyekanye icyatume abarwanyi ba M23 batinjizwa mu gisirikare cya Leta ya RDC, n’inshingano zikomeye cyane bari bahawe. Read More

Umutwe wa M23 wahishuye ibyo waganiriye na Tshisekedi kuri Telefoni nyuma yo gufata umujyi wa Bunagana

Umutwe wa M23 wongeye gushyira ahagaragara amakuru akomeye ajyanye n’uko wigeze kugirana ibiganiro na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo iyobowe na Perezida Félix Tshisekedi, mbere na nyuma y’ifatwa …

Umutwe wa M23 wahishuye ibyo waganiriye na Tshisekedi kuri Telefoni nyuma yo gufata umujyi wa Bunagana Read More

Bamwe mu batunze Moto n’Imodoka mu Rwanda bagiye kubyamburwa izindi zifatirwe.

Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda cyatangije gahunda yihariye igamije gukemura burundu ikibazo cy’abantu batunze ibinyabiziga bitanditse mu mazina yabo, binyuze mu ihererekanya ryemewe rizwi …

Bamwe mu batunze Moto n’Imodoka mu Rwanda bagiye kubyamburwa izindi zifatirwe. Read More