Umuyobozi mushya w’Ikirenga wa Iran yatangaje ko ibirindiro bya Amerika mu Burasirazuba bwo Hagati bizakomeza kuraswa

Umuyobozi mushya w’Ikirenga wa Iran, Mojtaba Khamenei, yatangaje ko ingabo z’igihugu cye zizakomeza kugaba ibitero ku birindiro bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika biri mu Burasirazuba bwo Hagati, mu rwego …

Umuyobozi mushya w’Ikirenga wa Iran yatangaje ko ibirindiro bya Amerika mu Burasirazuba bwo Hagati bizakomeza kuraswa Read More

U Rwanda rwashyizeho ibihano bikarishye cyane ku batwara ibinyabiziga banyoye ibisindisha n’abatubahiriza amategeko y’umuhanda

Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho itegeko rishya rigenga ikoreshwa ry’imihanda, ririmo ingingo zikaze zigamije gukumira impanuka zo mu muhanda no kongera umutekano w’abawukoresha. Muri iri tegeko rishya, umuntu utwara ikinyabiziga yanyoye …

U Rwanda rwashyizeho ibihano bikarishye cyane ku batwara ibinyabiziga banyoye ibisindisha n’abatubahiriza amategeko y’umuhanda Read More

Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko yajyanywe mu nkiko ashinjwa gukoresha impamyabumenyi y’impimbano

Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko yajyanywe mu nkiko ashinjwa gukoresha impamyabumenyi y’impimbano Mu gihugu cya Uganda hatangiye kuvugwa cyane ikibazo cy’umudepite mushya uherutse gutorerwa kujya mu Nteko Ishinga Amategeko, nyuma …

Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko yajyanywe mu nkiko ashinjwa gukoresha impamyabumenyi y’impimbano Read More

Igisirikare cya Amerika cyibwe Drones 4, hatanzwe ibihembo bya miliyoni 7 Frw ku uzatanga amakuru

Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangaje ko kiri mu iperereza rikomeye nyuma y’uko drones enye za gisirikare zibwe n’abantu bataramenyekana mu kigo cya gisirikare cya Fort Campbell. Amakuru …

Igisirikare cya Amerika cyibwe Drones 4, hatanzwe ibihembo bya miliyoni 7 Frw ku uzatanga amakuru Read More

Inkunga Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi wateraga Ingabo na Polisi y’u Rwanda ishobora guhagarara

Amakuru atangazwa n’ibinyamakuru mpuzamahanga aravuga ko inkunga y’amafaranga Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) watangaga mu gushyigikira Ingabo z’u Rwanda ziri mu bikorwa byo kugarura umutekano muri Mozambique ishobora guhagarara muri …

Inkunga Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi wateraga Ingabo na Polisi y’u Rwanda ishobora guhagarara Read More

RIB yataye muri yombi umugabo n’umugore bakekwaho kwambura ubuzima abantu benshi, imibiri igatabwa mu cyobo cyo mu rugo.

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, Rwanda Investigation Bureau (RIB), rwatangaje ko rwataye muri yombi umugabo witwa Ndayisaba Félicien n’umugore we Imanishimwe Rebecca batuye mu Murenge wa Mugombwa mu Karere ka Gisagara District, …

RIB yataye muri yombi umugabo n’umugore bakekwaho kwambura ubuzima abantu benshi, imibiri igatabwa mu cyobo cyo mu rugo. Read More

Ukuri ku cyihishe inyuma y’urupfu rw’umusore w’imyaka 20 warashwe mu cyico na Polisi y’u Rwanda

Mu Karere ka Rubavu haravugwa inkuru y’umusore w’imyaka 20 witwaga Kadogo warashwe n’umupolisi agahita apfa, mu gihe abandi bantu bari kumwe na we batawe muri yombi nyuma yo kurwanya abapolisi …

Ukuri ku cyihishe inyuma y’urupfu rw’umusore w’imyaka 20 warashwe mu cyico na Polisi y’u Rwanda Read More

Corneille Nangaa yatanze ubutumwa bukomeye cyane kuri RDC yagabye igitero cyo kwivugana abayobozi ba AFC/M23 kigahitana umukozi wa UNICEF

Umuyobozi w’ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa, yatangaje ko ubutegetsi bwa Kinshasa buri gushaka kwagurira mu karere kose intambara imaze igihe ibera mu …

Corneille Nangaa yatanze ubutumwa bukomeye cyane kuri RDC yagabye igitero cyo kwivugana abayobozi ba AFC/M23 kigahitana umukozi wa UNICEF Read More

RDC mu mazi abira nyuma yo kugaba igitero cyo kwivugana abayobozi ba AFC/M23 kigahitana umukozi wa UNICEF

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) iri mu bihe bikomeye nyuma y’igitero cya drone cyagabwe mu mujyi wa Goma kigamije kwivugana bamwe mu bayobozi b’ihuriro rya AFC/M23, ariko …

RDC mu mazi abira nyuma yo kugaba igitero cyo kwivugana abayobozi ba AFC/M23 kigahitana umukozi wa UNICEF Read More