Urukiko rwakatiye imyaka 20 umugabo nyuma yo gufata ku ngufu umugore we no kumutegeza abandi bagabo 72

Umugore w’Umufaransa, Gisèle Pelicot, yongeye kuvuga ku mateka ye akomeye y’ihohoterwa yakorewe n’uwahoze ari umugabo we, ashimangira ko n’ubwo urubanza rwarangiye, hari ibibazo byinshi atarabonera ibisubizo. Uyu mugore w’imyaka 74 …

Urukiko rwakatiye imyaka 20 umugabo nyuma yo gufata ku ngufu umugore we no kumutegeza abandi bagabo 72 Read More

Yunguka ibihumbi 300 ku munsi: Umworozi woroye ingurube zirenga 900 ushaka no kubaka uruganda yatunguye benshi. Amafoto

Mu gihe ubworozi bukomeje kugaragara nk’imwe mu nkingi z’iterambere ry’ubuhinzi n’ubukungu bw’u Rwanda, Ruzagiriza Francis utuye mu Karere ka Kayonza ari mu borozi b’intangarugero bageze ku rwego rushimishije mu bworozi …

Yunguka ibihumbi 300 ku munsi: Umworozi woroye ingurube zirenga 900 ushaka no kubaka uruganda yatunguye benshi. Amafoto Read More

U Burundi bwarezwe mu rukiko mu gihe Perezida Ndayishimiye yatangiye kuyobora Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe

Mu gihe Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangiye ku mugaragaro kuyobora Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), imiryango ihagarariye Abanyamulenge batuye muri Kivu y’Amajyepfo yajyanye Leta ayoboye mu rukiko rw’akarere, …

U Burundi bwarezwe mu rukiko mu gihe Perezida Ndayishimiye yatangiye kuyobora Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe Read More

‘Balthazar’ w’Umurusiya ari guhigishwa uruhindu nyuma yo gusambanya abagore benshi muri Afurika no kubafata amashusho

Umugabo w’Umurusiya wahimbwe akazina ka “Balthazar” kubera ibikorwa bye, ari gushakishwa n’inzego z’umutekano mu bihugu bitandukanye bya Afurika nyuma yo gukekwaho gusambanya abagore n’abakobwa benshi, akabafata amashusho y’ubwambure bwabo, hanyuma …

‘Balthazar’ w’Umurusiya ari guhigishwa uruhindu nyuma yo gusambanya abagore benshi muri Afurika no kubafata amashusho Read More

AFC/M23 yavuye mu gace yari imaze amezi atatu igenzura kigarurirwa n’abarwanyi bari kurwana ku ruhande rwa FARDC

Ingabo z’umutwe wa AFC/M23 zavuye mu birindiro bya Buhaya mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 12 Gashyantare 2026, nyuma y’amezi atatu zigenzura uwo musozi zikaba zarawirukanyemo abarwanyi ba …

AFC/M23 yavuye mu gace yari imaze amezi atatu igenzura kigarurirwa n’abarwanyi bari kurwana ku ruhande rwa FARDC Read More

Amerika Yasubije Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Yemeye Guhagarika Imirwano mu Burasirazuba bw’Igihugu

Umujyanama Mukuru wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bufatanye na Afurika, Massad Boulos, yasabye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) kubahiriza agahenge nk’uko Perezida Félix …

Amerika Yasubije Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Yemeye Guhagarika Imirwano mu Burasirazuba bw’Igihugu Read More

Kigali: Abageni bashya baraye ku biro by’Akagari nyuma yo kubura aho kurara ku munsi w’ubukwe bwabo

Umunsi w’ubukwe wari utegerejwe n’ibyishimo n’amasezerano y’urukundo, wahindutse umunsi w’amakenga ku bageni bashya bo mu Karere ka Kamonyi, ubwo bageze i Kigali bakabura aho kurara. Abaturage bo mu Murenge wa …

Kigali: Abageni bashya baraye ku biro by’Akagari nyuma yo kubura aho kurara ku munsi w’ubukwe bwabo Read More