Havutse umwuka mubi hagati ya Minisiteri y’Intambara ya Amerika n’Ikigo cyo muri iki gihugu cyagiranye amasezerano n’u Rwanda

Havutse umwuka mubi hagati ya Minisiteri y’Intambara ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ikigo cy’ikoranabuhanga cya Anthropic, giherutse kugirana amasezerano na Guverinoma y’u Rwanda agamije guteza imbere ikoreshwa ry’ubwenge buhangano …

Havutse umwuka mubi hagati ya Minisiteri y’Intambara ya Amerika n’Ikigo cyo muri iki gihugu cyagiranye amasezerano n’u Rwanda Read More

U Rwanda rwinjiye mu isiganwa ku Isi: Rwagiranye amasezerano n’ikigo cyafashije Amerika gufata Perezida Maduro wa Venezuela

U Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano (AI), aho ruherutse kugirana amasezerano mashya n’ikigo cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyitwa Anthropic. Iki ni ikigo kizwi cyane …

U Rwanda rwinjiye mu isiganwa ku Isi: Rwagiranye amasezerano n’ikigo cyafashije Amerika gufata Perezida Maduro wa Venezuela Read More

Kigali: Ubuyobozi bw’Umujyi bwibukije abawutuye koga umubiri wose buri munsi no kwambara imyenda imeshe

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwongeye kwibutsa abawutuye ko isuku y’umubiri ari inkingi ya mwamba mu buzima bwiza n’imibereho myiza rusange, bubasaba koga umubiri wose buri munsi bakoresheje amazi meza n’isabune, …

Kigali: Ubuyobozi bw’Umujyi bwibukije abawutuye koga umubiri wose buri munsi no kwambara imyenda imeshe Read More

MONUSCO yanze kujya muri Uvira? Amakuru y’Ibanga ku Mbaraga Nshya Zigiye Koherezwa muri Kivu y’Amajyepfo Ziturutse muri Serbia

Amakuru mashya yizewe aturuka mu nzego zo hejuru za Leta i Kinshasa aravuga ko mu murwa mukuru w’u Burundi, Bujumbura, hagejejwe intwaro zigezweho zirimo indege zitagira abapilote (drones) n’ibindi bikoresho …

MONUSCO yanze kujya muri Uvira? Amakuru y’Ibanga ku Mbaraga Nshya Zigiye Koherezwa muri Kivu y’Amajyepfo Ziturutse muri Serbia Read More

Polisi ya Zambia yafashe Abarundi benshi mu gihe Perezida Ndayishimiye yakiriwe nk’intwari i Bujumbura nyuma yo guhabwa inshingano nshya

Mu gihe Evariste Ndayishimiye yakiriwe mu cyubahiro gikomeye n’abaturage b’i Bujumbura nyuma yo guhabwa inshingano zo kuyobora Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, ikibazo cy’Abarundi benshi bafatirwa mu mahanga, cyane cyane …

Polisi ya Zambia yafashe Abarundi benshi mu gihe Perezida Ndayishimiye yakiriwe nk’intwari i Bujumbura nyuma yo guhabwa inshingano nshya Read More

Kigali: Umusore yafashwe n’umukunzi we ku munsi wa Saint Valentin ari kumwe n’indi nkumi, havuka impagarara

Mu Mujyi wa Kigali, umunsi wa Saint Valentin wasize amateka atari meza ku musore w’imyaka 35 witwa Byiringiro Alain, wafashwe n’umukunzi we bari bamaze imyaka itanu bakundana, ari mu nzu, …

Kigali: Umusore yafashwe n’umukunzi we ku munsi wa Saint Valentin ari kumwe n’indi nkumi, havuka impagarara Read More

Urupfu rw’umugore wiyahuye nyuma yuko asanganye umugabo we n’umukobwa ku munsi w’abakundana rwateje impaka zikomeye

Mu Karere ka Gatsibo haravugwa inkuru yateje agahinda n’impaka nyinshi mu baturage, nyuma y’uko umugore w’imyaka 24 witwa Uwase yiyahuye ku munsi wahariwe abakundana, uzwi nka Saint Valentin, nyuma yo …

Urupfu rw’umugore wiyahuye nyuma yuko asanganye umugabo we n’umukobwa ku munsi w’abakundana rwateje impaka zikomeye Read More