Ubwumvikane bucumbagira hagati ya Amerika n’u Bwongereza mu gihe intambara ishobora kubura hagati ya Washington na Tehran

Umubano hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bwongereza uri mu bihe bikomeye kurusha mbere, nyuma y’uko iki gihugu cy’i Burayi cyanze ko Amerika ikoresha ibirindiro by’ingabo zabwo mu …

Ubwumvikane bucumbagira hagati ya Amerika n’u Bwongereza mu gihe intambara ishobora kubura hagati ya Washington na Tehran Read More

Kigali: Urukiko rwapfundikiye urubanza rw’umugore wicuruza ushinjwa gusambanya umwana amushukishije amafaranga 1,000 Frw.

Mu Karere ka Gasabo, Urukiko Rwisumbuye rwaburanishije urubanza rw’umugore w’imyaka 34, ushinjwa gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 14 y’amavuko. Icyo cyaha cyabereye mu Mudugudu Karenge, Akagari ka Nyakabungo, Umurenge wa Jali, …

Kigali: Urukiko rwapfundikiye urubanza rw’umugore wicuruza ushinjwa gusambanya umwana amushukishije amafaranga 1,000 Frw. Read More

Ifoto ya Perezida Ndayishimiye yibukije benshi ibyabaye kuri Idi Amin Dada ubwo yaterurwaga n’abazungu ayobora Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika

Amafoto aherutse gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga agaragaza Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, asasiwe ibitenge n’abaturage be, yateje impaka n’ibitekerezo byinshi mu Karere no muri Afurika y’Iburasirazuba. Bamwe bayabonye nk’ikimenyetso cy’icyubahiro …

Ifoto ya Perezida Ndayishimiye yibukije benshi ibyabaye kuri Idi Amin Dada ubwo yaterurwaga n’abazungu ayobora Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika Read More

Uganda: Umunsi Prezida Idi Amin Dada wari Umukuru w’umuryango w’Ubumwe bw’Afrika aterurwa n’abazungu.

Mu mateka ya Afurika, hari amafoto n’amateka byabaye ibimenyetso by’ibihe bidasanzwe, bimwe bigaragaza icyizere cy’ubwigenge, ibindi bikagaragaza ubuyobozi bwateje impaka n’ubwoba. Imwe mu mafoto yakwirakwiye cyane ni iyafashwe mu 1975, …

Uganda: Umunsi Prezida Idi Amin Dada wari Umukuru w’umuryango w’Ubumwe bw’Afrika aterurwa n’abazungu. Read More

Igisubizo cya Minisitiri w’Umutekano ku bapasiteri basaba kurindwa n’abapolisi cyazamuye impaka ndende

Minisitiri w’Umutekano  yasabye Abapasiteri bakomeye mu gihugu basigaye barindwa n’abapolisi, kubireka, bakajya barindwa n’Imana. Igisubizo cya Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu Gihugu muri Uganda, Kahinda Otafiire, ku kibazo cy’abapasiteri basaba kurindwa …

Igisubizo cya Minisitiri w’Umutekano ku bapasiteri basaba kurindwa n’abapolisi cyazamuye impaka ndende Read More

Moscow: U Rwanda rwinjiye mu biganiro bikomeye n’u Burusiya ku mishinga ya nucléaire izahindura isura y’ingufu kirimbuzi

Guverinoma y’u Rwanda iri mu biganiro byimbitse n’ikigo cyo mu Burusiya gishinzwe kugenzura ikoreshwa ry’ingufu za nucléaire, Rostekhnadzor, mu rwego rwo gushyiraho ubufatanye buzafasha igihugu kongera ubushobozi bwacyo mu gutunganya …

Moscow: U Rwanda rwinjiye mu biganiro bikomeye n’u Burusiya ku mishinga ya nucléaire izahindura isura y’ingufu kirimbuzi Read More