Umutwe wa M23 ugiye kwinjizwa mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo?

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko hari icyizere gishya cyatuma intambara imaze imyaka myinshi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ihagarara, binyuze mu kwinjiza abarwanyi b’Abanye-Congo bo …

Umutwe wa M23 ugiye kwinjizwa mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo? Read More

U Burusiya bwatanze ubutumwa bukomeye cyane ku Burundi bwohereje abasirikare n’intwaro ziremereye hafi y’umupaka w’u Rwanda

Mu gihe umutekano wo mu karere k’Ibiyaga Bigari ukomeje kuzamba, u Burusiya bwatanze ubutumwa bukomeye ku Burundi, bukurikije uko iki gihugu gikomeje kongera ingabo n’intwaro ziremereye hafi y’umupaka w’u Rwanda, …

U Burusiya bwatanze ubutumwa bukomeye cyane ku Burundi bwohereje abasirikare n’intwaro ziremereye hafi y’umupaka w’u Rwanda Read More

Intambara ntizarangira vuba: U Burusiya bwinjiye mu kibazo cy’u Rwanda, AFC/M23 na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo

Guverinoma y’u Burusiya yatangaje ko yiteguye gutanga umusanzu wayo mu gushakira umuti amakimbirane amaze igihe hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), cyane cyane mu burasirazuba bw’icyo …

Intambara ntizarangira vuba: U Burusiya bwinjiye mu kibazo cy’u Rwanda, AFC/M23 na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Read More

RDC: Wazalendo yakubiswe iz’akabwana FARDC yigamba kwigarurira umujyi, abaturage baratakamba

Mu gihe intara za Kivu y’Amajyaruguru n’iy’Amajyepfo zakomeje kwibasirwa n’intambara zishingiye ku mitwe yitwaje intwaro n’ingabo za Leta, umutekano uragenda urushaho kuzamba, abaturage bakomeza kwicwa, gusahurwa no guhunga ibyabo. Mu …

RDC: Wazalendo yakubiswe iz’akabwana FARDC yigamba kwigarurira umujyi, abaturage baratakamba Read More

Minisitiri Nduhungirehe ayoboye intumwa z’u Rwanda mu nama mpuzamahanga yitabiriwe na Perezida Trump na Tshisekedi

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, ayoboye intumwa z’igihugu cye mu nama y’ihuriro mpuzamahanga ku bukungu ya World Economic Forum (WEF) iri kubera i Davos mu Busuwisi. Ni …

Minisitiri Nduhungirehe ayoboye intumwa z’u Rwanda mu nama mpuzamahanga yitabiriwe na Perezida Trump na Tshisekedi Read More

Umukinnyi uri mu bakunzwe cyane mu ikipe y’igihugu Amavubi agiye kurongora ukobwa bafitanye abana batatu

Myugariro w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, Phanuel Kavita, ari mu byishimo bikomeye nyuma yo gutanga amarenga akomeye y’uko umwaka wa 2026 ashobora gusezera burundu ku buzima bwo kuba ingaragu, akinjira …

Umukinnyi uri mu bakunzwe cyane mu ikipe y’igihugu Amavubi agiye kurongora ukobwa bafitanye abana batatu Read More