Inkunga Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi wateraga Ingabo na Polisi y’u Rwanda ishobora guhagarara

Amakuru atangazwa n’ibinyamakuru mpuzamahanga aravuga ko inkunga y’amafaranga Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) watangaga mu gushyigikira Ingabo z’u Rwanda ziri mu bikorwa byo kugarura umutekano muri Mozambique ishobora guhagarara muri …

Inkunga Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi wateraga Ingabo na Polisi y’u Rwanda ishobora guhagarara Read More

Perezida Kagame mu Bufaransa mu Nama Mpuzamahanga yahuje abakomeye ku Isi yiga ku Ngufu za Nucléaire.

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yitabiriye inama mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’ingufu za nucléaire zikoreshwa mu bikorwa bya gisivile, yabereye mu Paris mu Bufaransa ku wa 10 Werurwe 2026. Iyi …

Perezida Kagame mu Bufaransa mu Nama Mpuzamahanga yahuje abakomeye ku Isi yiga ku Ngufu za Nucléaire. Read More

Kuki Abantu Benshi Bakora Ariko Bagakomeza Kuba Abakene? Impamvu 4 Zibafungirana mu Bukene n’Uko Babuvamo

Mu muryango nyarwanda no mu bindi bihugu byinshi bikiri mu nzira y’amajyambere, hakunze kumvikana ikibazo cy’abantu bakora cyane ariko bagakomeza kubaho mu bukene. Nubwo bakora imirimo itandukanye buri munsi, amafaranga …

Kuki Abantu Benshi Bakora Ariko Bagakomeza Kuba Abakene? Impamvu 4 Zibafungirana mu Bukene n’Uko Babuvamo Read More

RDF na Polisi y’u Rwanda bagiye gutangiza gahunda yo kwegera abaturage mu bikorwa bidasanzwe

Ingabo z’u Rwanda (RDF), na Polisi y’u Rwanda (RNP), bafatanyije n’izindi nzego za Leta, batangaje ko bagiye gutangiza gahunda yihariye igamije kwegera abaturage no kubafasha mu bikorwa bitandukanye by’iterambere. Nk’uko …

RDF na Polisi y’u Rwanda bagiye gutangiza gahunda yo kwegera abaturage mu bikorwa bidasanzwe Read More

Ukraine n’u Burayi byinjiye mu ntambara ya Iran, Israel na Amerika yamaze kugera i Dubai na Doha.

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 28 Gashyantare 2026, intambara ikomeye cyane yubuye mu burasirazuba bwo hagati, ubwo ibisasu byarashwe mu bice bitandukanye bya Israel, ibirindiro bya Leta Zunze Ubumwe …

Ukraine n’u Burayi byinjiye mu ntambara ya Iran, Israel na Amerika yamaze kugera i Dubai na Doha. Read More

Intambara Irushijeho Gukara: Ibyabaye kuri Perezida wa Iran, Iraq Ibyinjiyemo, Ambasade za Amerika Zitanga Amabwiriza Yihutirwa.

Umwuka w’intambara hagati ya Iran, Israel ifatanyije na Leta Zunze Ubumwe za Amerika urarushaho gukara, mu gihe ibitero by’indege byakomeje kumvikana mu bice bitandukanye by’iki gihugu cya Iran, ndetse ibihugu …

Intambara Irushijeho Gukara: Ibyabaye kuri Perezida wa Iran, Iraq Ibyinjiyemo, Ambasade za Amerika Zitanga Amabwiriza Yihutirwa. Read More

Trump Yemeje ko Amerika Yatangije “Intambara Ikomeye” kuri Iran, Asaba Ikintu Gikomeye Abayobozi b’iki Gihugu

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yemeje ku wa Gatandatu ko igihugu cye cyatangiye “ibikorwa bikomeye by’intambara” kuri Iran, ashimangira ko intego ari “kurinda Abanyamerika hakurwaho ibyago …

Trump Yemeje ko Amerika Yatangije “Intambara Ikomeye” kuri Iran, Asaba Ikintu Gikomeye Abayobozi b’iki Gihugu Read More

Indege Itwaye Amafaranga Menshi Yakoze Impanuka Ikomeye, 15 Bahasiga Ubuzima, Abaturage Bagerageza Kuyiba

Ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru bitandukanye hakomeje gukwirakwira inkuru ibabaje y’impanuka y’indege yahitanye abantu 15, abandi benshi barakomereka, yavuzwe cyane muri Bolivia, mu gihe iyo ndege y’Igisirikare yari itwaye …

Indege Itwaye Amafaranga Menshi Yakoze Impanuka Ikomeye, 15 Bahasiga Ubuzima, Abaturage Bagerageza Kuyiba Read More