U Bwongereza bwasubije u Rwanda rwabujyanye mu rukiko mpuzamahanga rubwishyuza miliyoni 50 z’Amapawundi

Guverinoma y’u Bwongereza yatanze igisubizo ku Rwanda, nyuma y’uko rwitabaje urukiko mpuzamahanga rw’ubuhuza ruri mu Buholandi, rurusaba kwishyurwa miliyoni 50 z’Amapawundi, kubera kutubahiriza amasezerano impande zombi zari zaragiranye. Ku wa …

U Bwongereza bwasubije u Rwanda rwabujyanye mu rukiko mpuzamahanga rubwishyuza miliyoni 50 z’Amapawundi Read More

Twanze agasuzuguro: U Rwanda rwasobanuye impamvu u Bwongereza bugomba kurwishyura miliyoni 50 z’Amapawundi

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje impamvu ifatika ituma u Bwongereza bugomba kurwishyura miliyoni 50 z’Amapawundi, nyuma y’uko iki gihugu gihisemo guhagarika amasezerano y’impande zombi ajyanye no kwakira abimukira badafite ibyangombwa no …

Twanze agasuzuguro: U Rwanda rwasobanuye impamvu u Bwongereza bugomba kurwishyura miliyoni 50 z’Amapawundi Read More

AFC/M23 yasobanuye ubufasha ihabwa n’u Rwanda na Uganda bukomeje guteza impaka ku ruhando mpuzamahanga

Mu cyumweru gishize, amagambo yatangajwe n’Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mathilde Mukantabana, yongeye kuzamura impaka zimaze igihe zivugwa ku bijyanye n’umubano hagati y’u Rwanda n’ihuriro rya …

AFC/M23 yasobanuye ubufasha ihabwa n’u Rwanda na Uganda bukomeje guteza impaka ku ruhando mpuzamahanga Read More

Hamenyekanye icyatume abarwanyi ba M23 batinjizwa mu gisirikare cya Leta ya RDC, n’inshingano zikomeye cyane bari bahawe.

Umutwe wa M23 watangaje amakuru mashya asobanura mu buryo burambuye uko abarwanyi bawo bari bateganyijwe kwinjizwa mu ngabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), binyuze mu masezerano …

Hamenyekanye icyatume abarwanyi ba M23 batinjizwa mu gisirikare cya Leta ya RDC, n’inshingano zikomeye cyane bari bahawe. Read More

Umutwe wa M23 wahishuye ibyo waganiriye na Tshisekedi kuri Telefoni nyuma yo gufata umujyi wa Bunagana

Umutwe wa M23 wongeye gushyira ahagaragara amakuru akomeye ajyanye n’uko wigeze kugirana ibiganiro na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo iyobowe na Perezida Félix Tshisekedi, mbere na nyuma y’ifatwa …

Umutwe wa M23 wahishuye ibyo waganiriye na Tshisekedi kuri Telefoni nyuma yo gufata umujyi wa Bunagana Read More

Venezuela: Perezida w’Inzibacyuho Delcy Rodríguez yahaye gasopo Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Perezida w’inzibacyuho wa Venezuela, Delcy Rodríguez, yatangaje ko igihugu cye kitagishobora gukomeza kuyoborwa n’amabwiriza aturuka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ashimangira ko Abanyavenezuela ari bo bagomba kwikemurira ibibazo byabo …

Venezuela: Perezida w’Inzibacyuho Delcy Rodríguez yahaye gasopo Leta Zunze Ubumwe za Amerika Read More

Bagiye kuyinjizamo: Impamvu M23 idakwiye kwemera kwinjizwa mu nzego z’umutekano za RDC?

Mu biganiro mpuzamahanga bigamije gushakira amahoro arambye uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, igitekerezo cyo kwinjiza abarwanyi ba M23 mu nzego z’umutekano za Leta ya Congo cyakomeje kugarukwaho nk’imwe …

Bagiye kuyinjizamo: Impamvu M23 idakwiye kwemera kwinjizwa mu nzego z’umutekano za RDC? Read More