Tshisekedi yahuye n’Abanyamulenge baba muri Amerika mu gihe imirwano ikaze ikomeje mu Minembwe

Mu gihe Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix-Antoine Tshisekedi Tshilombo, yari mu ruzinduko rw’akazi i Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yakiriye intumwa z’urubyiruko rw’Abanyamulenge baba muri …

Tshisekedi yahuye n’Abanyamulenge baba muri Amerika mu gihe imirwano ikaze ikomeje mu Minembwe Read More

Afurika y’Epfo igiye gukura burundu ingabo zayo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mbere y’uko 2026 irangira

Guverinoma ya Afurika y’Epfo yatangaje ku mugaragaro ko yafashe icyemezo cyo gukura ingabo zayo zari ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), …

Afurika y’Epfo igiye gukura burundu ingabo zayo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mbere y’uko 2026 irangira Read More

Urukiko rwakatiye Imbonerakure igifungo cy’umwaka kubera ibyo zakoreye muri RDC bitashimishije Perezida Ndayishimiye.

Mu gihe ikibazo cy’umutekano n’uburenganzira bwa muntu gikomeje kugenda kivugwa cyane mu Burundi, Urukiko Rukuru rwa Cibitoke ruherereye mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’igihugu, ku wa 3 Gashyantare 2026 rwakatiye Imbonerakure eshanu …

Urukiko rwakatiye Imbonerakure igifungo cy’umwaka kubera ibyo zakoreye muri RDC bitashimishije Perezida Ndayishimiye. Read More

Igisubizo cya AFC/M23 ku makuru y’uko yafashe mpiri umuyobozi wa Blackwater wari waje muri Uvira kwiyoborera urugamba

Mu minsi ishize, imbuga nkoranyambaga n’itangazamakuru ryo mu karere no hanze yako byuzuye amakuru avuga ko ihuriro rya AFC/M23 ryarafashe mpiri umuyobozi w’abacanshuro ba kompanyi y’umutekano ya Blackwater, Erik Prince, …

Igisubizo cya AFC/M23 ku makuru y’uko yafashe mpiri umuyobozi wa Blackwater wari waje muri Uvira kwiyoborera urugamba Read More

Igisubizo gikakaye cyane cya AFC/M23 ku muryango wa Afurika Yunze Ubumwe wayishinje igitero cy’Iterabwoba

Ihuriro rya AFC/M23 ryongeye kwibasira Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), riyishinja kubogama no gushyigikira ibikorwa by’ubugizi bwa nabi bikorwa n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya …

Igisubizo gikakaye cyane cya AFC/M23 ku muryango wa Afurika Yunze Ubumwe wayishinje igitero cy’Iterabwoba Read More