Rayon Sports rwakingaga babiri yinjiye mu bihe bishya: Yasinye amasezerano ya miliyari 5,1 Frw azahindura amateka ya Gikundiro

kipe ya Rayon Sports FC yongeye guhindura amateka y’umupira w’amaguru mu Rwanda, nyuma yo gusinya amasezerano y’igihe kirekire afite agaciro ka miliyari 5,1 z’Amafaranga y’u Rwanda, agamije kuyikura mu bibazo …

Rayon Sports rwakingaga babiri yinjiye mu bihe bishya: Yasinye amasezerano ya miliyari 5,1 Frw azahindura amateka ya Gikundiro Read More

Umuryango w’Abibumbye Uri mu Kaga Waciye Amarenga yo Guhagarika Ibikorwa Byawo byo Kubungabunga Amahoro.

Umuryango w’Abibumbye (Loni) uri mu bihe bikomeye by’ubukungu, aho ubukene bukomeje kuwusatira ku buryo bushobora gushyira mu kaga ibikorwa byawo byo kubungabunga amahoro, gutabara abari mu byago, no gufasha iterambere …

Umuryango w’Abibumbye Uri mu Kaga Waciye Amarenga yo Guhagarika Ibikorwa Byawo byo Kubungabunga Amahoro. Read More

CAF yahannye yihanukiriye Sénégal na Maroc nyuma y’imvururu zaranze umukino wa nyuma wa CAN 2025

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), ibinyujije muri Komisiyo yayo ishinzwe Imyitwarire, yatangaje ibihano bikomeye byafatiwe Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Sénégal (FSF) n’iry’u Bwami bwa Maroc (FRMF), nyuma y’imvururu zaranze …

CAF yahannye yihanukiriye Sénégal na Maroc nyuma y’imvururu zaranze umukino wa nyuma wa CAN 2025 Read More

Gen. Mubarakh Muganga yashimye umusifuzi Uwikunda Samuel, asaba abasifuzi kwirinda gusifurira amakipe bakunda

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda akaba n’Umuyobozi Wungirije w’Icyubahiro muri APR FC, General Mubarakh Muganga, yashimiye umusifuzi mpuzamahanga Uwikunda Samuel wafashe icyemezo cyo kutajya asifura imikino y’ikipe akunda, asaba n’abandi …

Gen. Mubarakh Muganga yashimye umusifuzi Uwikunda Samuel, asaba abasifuzi kwirinda gusifurira amakipe bakunda Read More

CAF yatangiye iperereza ku myitwarire mibi yagaragaye mu mukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika wahuje Sénégal na Maroc

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yatangaje ko yatangiye gukurikirana no gukora iperereza ku myitwarire mibi yagaragaye ku mukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika 2025/2026 wahuje Sénégal na Maroc, wabereye …

CAF yatangiye iperereza ku myitwarire mibi yagaragaye mu mukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika wahuje Sénégal na Maroc Read More

“Ni ubwa gatatu dukinnye n’abasifuzi” – Abderrahim Talib utoza APR FC yongeye gushinja imisifurire kuyambura umwanya wa mbere

Umutoza wa APR FC, Abderrahim Talib, yongeye kugaragaza uburakari bukomeye ku misifurire avuga ko imaze iminsi igaragara mu mikino y’ikipe ye, aho ashinja abasifuzi kuyambura amanota menshi yagombaga gutuma iyobora …

“Ni ubwa gatatu dukinnye n’abasifuzi” – Abderrahim Talib utoza APR FC yongeye gushinja imisifurire kuyambura umwanya wa mbere Read More