Umuhungu wa Muammar Gaddafi wayoboye Libya washakaga kuba Perezida w’iki gihugu yishwe arashwe.

Igihugu cya Libya cyongeye kwinjira mu bihe bikomeye by’akajagari n’impaka nyuma y’inkuru yemeje urupfu rwa Saif al-Islam Gaddafi, umuhungu wa Muammar Gaddafi wayoboye Libya imyaka irenga 40, rukaba rwatumye havuka …

Umuhungu wa Muammar Gaddafi wayoboye Libya washakaga kuba Perezida w’iki gihugu yishwe arashwe. Read More

Umusirikare wari uvuye mu butumwa bwo kubungabunga amahoro yishe umutoza wo muri Gym wasigaye yita ku mugore we

Abaturage b’akarere ka Umoja muri Kenya wagize agahinda kadasanzwe nyuma y’urupfu rwa Alphy Migasa, umutoza w’imyitozo ngororamubiri (gym) wari ukunzwe cyane muri ako gace. Amakuru aturuka mu baturage b’aho byabereye …

Umusirikare wari uvuye mu butumwa bwo kubungabunga amahoro yishe umutoza wo muri Gym wasigaye yita ku mugore we Read More

U Burusiya bwahishuye igitero simusiga u Bufaransa buri gutegura kugaba ku ngabo z’u Rwanda bugahirika ubutegetsi

Mu itangazo rikomeye ryasohotse ku wa 2 Gashyantare 2026, urwego rw’ubutasi bw’u Burusiya rufite inshingano zo gukurikirana ibikorwa by’amahanga, SVR, rwatangaje ko bufite amakuru yizewe agaragaza ko Leta y’u Bufaransa …

U Burusiya bwahishuye igitero simusiga u Bufaransa buri gutegura kugaba ku ngabo z’u Rwanda bugahirika ubutegetsi Read More

Abarimu 20 batawe muri yombi bazira kwigisha abana mbere yuko amasomo yongera gutangira

Mu Karere ka Jinja, abarimu 20 hamwe n’abayobozi b’amashuri batatu bafashwe n’inzego z’umutekano nyuma yo kugaragara bigisha abanyeshuri mbere y’itangira ry’umwaka w’amashuri, icyemezo kitubahirije amategeko yashyizweho n’ubuyobozi bw’igihugu. Ubuyobozi bw’akarere …

Abarimu 20 batawe muri yombi bazira kwigisha abana mbere yuko amasomo yongera gutangira Read More

Itangazo riteye agahinda rya AFC/M23 nyuma y’igitero simusiga cya FARDC n’Abafatanyabikorwa ba yo.

Mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), haravugwa igitero cyakozwe na drone bivugwa ko ari iya FARDC n’abafatanyabikorwa ba yo, gikomeretsa abasivile mu …

Itangazo riteye agahinda rya AFC/M23 nyuma y’igitero simusiga cya FARDC n’Abafatanyabikorwa ba yo. Read More

Mu butumwa bwuje urukundo, The Ben yifurije Pamella isabukuru y’amavuko yifashishije ifoto y’umunsi wa mbere bahuriyeho

Ku wa 31 Mutarama 2026, Uwicyeza Pamella yizihije isabukuru y’amavuko mu buryo budasanzwe, umunsi wabaye uwo kwishimira we ubwe, umuryango we n’inshuti ze, cyane cyane umugabo we, umuhanzi Mugisha Benjamin …

Mu butumwa bwuje urukundo, The Ben yifurije Pamella isabukuru y’amavuko yifashishije ifoto y’umunsi wa mbere bahuriyeho Read More

Umutwe wa RED Tabara wakomoje ku gukorana n’u Rwanda, AFC/M23 no guhirika ubutegetsi mu Burundi

Umutwe witwaje intwaro wa RED Tabara wongeye kwikoma ubuyobozi bw’u Burundi, uhakana ibirego bya Perezida Evariste Ndayishimiye byawushinje gukorana na Leta y’u Rwanda, ihuriro AFC/M23 riri mu ntambara mu burasirazuba …

Umutwe wa RED Tabara wakomoje ku gukorana n’u Rwanda, AFC/M23 no guhirika ubutegetsi mu Burundi Read More