Urupfu rw’umugore wiyahuye nyuma yuko asanganye umugabo we n’umukobwa ku munsi w’abakundana rwateje impaka zikomeye

Mu Karere ka Gatsibo haravugwa inkuru yateje agahinda n’impaka nyinshi mu baturage, nyuma y’uko umugore w’imyaka 24 witwa Uwase yiyahuye ku munsi wahariwe abakundana, uzwi nka Saint Valentin, nyuma yo …

Urupfu rw’umugore wiyahuye nyuma yuko asanganye umugabo we n’umukobwa ku munsi w’abakundana rwateje impaka zikomeye Read More

U Rwanda rwasubije Muyaya wahakanye yivuye inyuma ubwomatane bwa FARDC na FDLR akanavuga ku ‘baturage hafi 300 b’Abahutu biciwe mu bice biri mu maboko ya AFC/M23

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe, yanyomoje byeruye amagambo yavuzwe n’Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya, ku birebana n’umubano hagati y’Ingabo za RDC (FARDC) n’umutwe …

U Rwanda rwasubije Muyaya wahakanye yivuye inyuma ubwomatane bwa FARDC na FDLR akanavuga ku ‘baturage hafi 300 b’Abahutu biciwe mu bice biri mu maboko ya AFC/M23 Read More

RDC na Amerika Bagiranye Ibiganiro byo ku Rwego rwo Hejuru Bigiye Guhindura Isura y’Urugamba mu Gihe AFC/M23 Ivuga ko Itazi iby’Agahenge

Mu gihe uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bukomeje kuba indiri y’intambara n’umutekano muke, Guverinoma y’iki gihugu yakomeje gushimangira ubufatanye mpuzamahanga, aho yagiranye ibiganiro byo ku rwego rwo hejuru …

RDC na Amerika Bagiranye Ibiganiro byo ku Rwego rwo Hejuru Bigiye Guhindura Isura y’Urugamba mu Gihe AFC/M23 Ivuga ko Itazi iby’Agahenge Read More

Ingabo z’u Burundi zari zongereye imbaraga nyinshi cyane zakubitiwe bikomeye mu duce tubiri tw’i Mulenge

Amakuru aturuka mu misozi miremire y’i Mulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aravuga ko imirwano ikomeye yongeye kubura hagati y’umutwe wa MRDP–Twirwaneho …

Ingabo z’u Burundi zari zongereye imbaraga nyinshi cyane zakubitiwe bikomeye mu duce tubiri tw’i Mulenge Read More

Urukiko rwakatiye imyaka 20 umugabo nyuma yo gufata ku ngufu umugore we no kumutegeza abandi bagabo 72

Umugore w’Umufaransa, Gisèle Pelicot, yongeye kuvuga ku mateka ye akomeye y’ihohoterwa yakorewe n’uwahoze ari umugabo we, ashimangira ko n’ubwo urubanza rwarangiye, hari ibibazo byinshi atarabonera ibisubizo. Uyu mugore w’imyaka 74 …

Urukiko rwakatiye imyaka 20 umugabo nyuma yo gufata ku ngufu umugore we no kumutegeza abandi bagabo 72 Read More