Urupfu rw’umusirikare w’u Burundi ufite ipeti ryo hejuru wishwe na AFC/M23 rwashenguye imitima ya benshi

Umusirikare w’u Burundi, Captain Eraste Ndayishemeze, yiciwe mu mirwano ikomeje kubera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho bivugwa ko yiciwe mu gitero cy’abasirikare b’u Burundi kuri AFC/M23 …

Urupfu rw’umusirikare w’u Burundi ufite ipeti ryo hejuru wishwe na AFC/M23 rwashenguye imitima ya benshi Read More

Nyuma y’u Burundi na Tanzania, Angola na yo yohereje muri RDC abasirikare badasanzwe bo gufasha FARDC kurwanya AFC/M23

Intambara ikomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), aho igihugu cya Angola cyohereje abasirikare 430 bagiye gufasha ingabo za Leta ya Congo (FARDC) mu …

Nyuma y’u Burundi na Tanzania, Angola na yo yohereje muri RDC abasirikare badasanzwe bo gufasha FARDC kurwanya AFC/M23 Read More

Ubwumvikane bucumbagira hagati ya Amerika n’u Bwongereza mu gihe intambara ishobora kubura hagati ya Washington na Tehran

Umubano hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bwongereza uri mu bihe bikomeye kurusha mbere, nyuma y’uko iki gihugu cy’i Burayi cyanze ko Amerika ikoresha ibirindiro by’ingabo zabwo mu …

Ubwumvikane bucumbagira hagati ya Amerika n’u Bwongereza mu gihe intambara ishobora kubura hagati ya Washington na Tehran Read More

Havutse umwuka mubi hagati ya Minisiteri y’Intambara ya Amerika n’Ikigo cyo muri iki gihugu cyagiranye amasezerano n’u Rwanda

Havutse umwuka mubi hagati ya Minisiteri y’Intambara ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ikigo cy’ikoranabuhanga cya Anthropic, giherutse kugirana amasezerano na Guverinoma y’u Rwanda agamije guteza imbere ikoreshwa ry’ubwenge buhangano …

Havutse umwuka mubi hagati ya Minisiteri y’Intambara ya Amerika n’Ikigo cyo muri iki gihugu cyagiranye amasezerano n’u Rwanda Read More

MONUSCO yanze kujya muri Uvira? Amakuru y’Ibanga ku Mbaraga Nshya Zigiye Koherezwa muri Kivu y’Amajyepfo Ziturutse muri Serbia

Amakuru mashya yizewe aturuka mu nzego zo hejuru za Leta i Kinshasa aravuga ko mu murwa mukuru w’u Burundi, Bujumbura, hagejejwe intwaro zigezweho zirimo indege zitagira abapilote (drones) n’ibindi bikoresho …

MONUSCO yanze kujya muri Uvira? Amakuru y’Ibanga ku Mbaraga Nshya Zigiye Koherezwa muri Kivu y’Amajyepfo Ziturutse muri Serbia Read More