Ingabo za Amerika zigiye kwinjira mu ntambara yo mu burasirazuba bwa RDC nyuma y’uko u Rwanda ruyemereye ko rukorana na AFC/M23

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangiye intambwe zifatika zo kwinjira mu bibazo by’umutekano wo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’uko u Rwanda ruyemereye ku mugaragaro ko …

Ingabo za Amerika zigiye kwinjira mu ntambara yo mu burasirazuba bwa RDC nyuma y’uko u Rwanda ruyemereye ko rukorana na AFC/M23 Read More

Abarusiya bahunze intambara na Ukraine bifuza kuba Abanyarwanda byuzuye kubera ibyo babonye mu Rwanda.

Intambara iyo itangiye, ntigira uwitandukanya n’ingaruka zayo. Irasenya, igatwara ubuzima, igatatanya imiryango, ikanazimya inzozi z’abari bafite ejo heza. Ukraine ni urugero rufatika rw’igihugu cyari kizwi nk’ikigega cy’ibinyampeke ku isi, gifite …

Abarusiya bahunze intambara na Ukraine bifuza kuba Abanyarwanda byuzuye kubera ibyo babonye mu Rwanda. Read More

Burundi: Perezida Ndayishimiye mu cyoba cyinshi nyuma y’ibiteye ubwoba byatangiye gukorwa n’urubyiruko n’abasirikare benshi

U Burundi buri kwinjira mu bihe bikomeye by’ihungabana rikabije ry’ubukungu, umutekano n’icyizere cy’abaturage, ibintu byashyize Perezida Évariste Ndayishimiye mu cyoba gikomeye. Mu gihe Leta ikomeza kuvuga ko igihugu gifite amahoro …

Burundi: Perezida Ndayishimiye mu cyoba cyinshi nyuma y’ibiteye ubwoba byatangiye gukorwa n’urubyiruko n’abasirikare benshi Read More

Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe wakoze impinduka zikomeye cyane ku bahuza mu kibazo cya RDC, hashyirwaho imiterere nshya y’ubuhuza

Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) wafashe icyemezo cyo kongera kunoza no kugabanya inshingano z’abahuza b’Abanyafurika bari bashinzwe gukemura amakimbirane akomeje gufata indi ntera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi …

Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe wakoze impinduka zikomeye cyane ku bahuza mu kibazo cya RDC, hashyirwaho imiterere nshya y’ubuhuza Read More

Afite Miliyari zirenga 40 Frw: Umudepite mu nteko ishingamategeko ari mu mazi abira nyuma y’itumbagira ridasanzwe ry’umutungo we

Komisiyo ishinzwe kugenzura imikorere ya Guverinoma mu Nteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangiye iperereza rikomeye ku mutungo wa Depite Ilhan Omar, umwe mu badepite b’Ishyaka ry’Aba-Démocrates, …

Afite Miliyari zirenga 40 Frw: Umudepite mu nteko ishingamategeko ari mu mazi abira nyuma y’itumbagira ridasanzwe ry’umutungo we Read More