Bamwe mu batunze Moto n’Imodoka mu Rwanda bagiye kubyamburwa izindi zifatirwe.

Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda cyatangije gahunda yihariye igamije gukemura burundu ikibazo cy’abantu batunze ibinyabiziga bitanditse mu mazina yabo, binyuze mu ihererekanya ryemewe rizwi …

Bamwe mu batunze Moto n’Imodoka mu Rwanda bagiye kubyamburwa izindi zifatirwe. Read More

Ubutumwa bw’umusirikare w’u Burundi wahungiye i Dubai bwakanguye benshi bunarakaza bikomeye Perezida Ndayishimiye

Mu gihe ubuyobozi bw’igisirikare cy’u Burundi bukomeje gutangaza ko ibintu bimeze neza, hari indi shusho igenda igaragara kure y’amaso ya rubanda. Iyi shusho igaragarira mu buhamya bw’abasirikare bavuye mu gihugu, …

Ubutumwa bw’umusirikare w’u Burundi wahungiye i Dubai bwakanguye benshi bunarakaza bikomeye Perezida Ndayishimiye Read More

Zari intego za gisirikare zisobanutse: Hamenyekanye aho Ingabo z’u Burundi zerekeje nyuma yo kwirukanwa kuri Point Zéro

Nyuma y’imirwano ikomeye yabereye mu gice kizwi nka Point Zéro, aho abarwanyi ba Twirwaneho birukanye ingabo z’u Burundi ku bufatanye n’iza FARDC, hagaragaye indi ntambwe nshya mu mutekano muke w’akarere …

Zari intego za gisirikare zisobanutse: Hamenyekanye aho Ingabo z’u Burundi zerekeje nyuma yo kwirukanwa kuri Point Zéro Read More

Umugore w’imyaka 60 n’umuhungu we bafunzwe bakekwaho kwivugana umugabo we bapfa ibyatumye benshi bacika ururondogoro

Polisi y’u Rwanda (RNP) yatangaje ko yataye muri yombi umugore w’imyaka 60 n’umuhungu we w’imyaka 26, bakekwaho kwica umugabo w’uwo mugore ari na we se w’uwo musore, nyuma y’amakimbirane akomeye …

Umugore w’imyaka 60 n’umuhungu we bafunzwe bakekwaho kwivugana umugabo we bapfa ibyatumye benshi bacika ururondogoro Read More

Gen. Muhoozi na Bobi Wine mu ntambara ikaze: Umugaba Mukuru w’Ingabo yiyemereye kwivugana abayoboke ba NUP

Ibya Gen. Muhoozi Kainerugaba, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, n’umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine, bikomeje gufata indi ntera iteye impungenge, nyuma y’amagambo akomeye akomeje …

Gen. Muhoozi na Bobi Wine mu ntambara ikaze: Umugaba Mukuru w’Ingabo yiyemereye kwivugana abayoboke ba NUP Read More

Hamenyekanye amayeri adasanzwe umwarimu wa Kaminuza yakoreshaga ashuka abana akabasambanya.

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi umwarimu wa kaminuza ufite impamyabumenyi y’ikirenga (PhD), ukekwaho icyaha cyo gusambanya abana b’abakobwa abashukisha amafaranga, mu bikorwa RIB ivuga ko byabereye mu bihe …

Hamenyekanye amayeri adasanzwe umwarimu wa Kaminuza yakoreshaga ashuka abana akabasambanya. Read More

Umubare w’abapfuye uracyiyongera: Habaye Impanuka iteye ubwoba yahitanye abantu 21, abarenga 70 barakomereka

Impanuka ikomeye ya gariyamoshi ebyiri zagonganiye mu Majyepfo ya Espagne yahitanye abantu 21, mu gihe abarenga 70 bakomeretse, bamwe muri bo bikabije. Iyi mpanuka yabaye mu Ntara ya Cordoba, mu …

Umubare w’abapfuye uracyiyongera: Habaye Impanuka iteye ubwoba yahitanye abantu 21, abarenga 70 barakomereka Read More

Umukinnyi uri mu bakunzwe cyane mu ikipe y’igihugu Amavubi agiye kurongora ukobwa bafitanye abana batatu

Myugariro w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, Phanuel Kavita, ari mu byishimo bikomeye nyuma yo gutanga amarenga akomeye y’uko umwaka wa 2026 ashobora gusezera burundu ku buzima bwo kuba ingaragu, akinjira …

Umukinnyi uri mu bakunzwe cyane mu ikipe y’igihugu Amavubi agiye kurongora ukobwa bafitanye abana batatu Read More

Kigali: Umukobwa wanze kwishyura umumotari amushinja kumufata ku ngufu bari kuri moto yateje impagarara

Mu Murenge wa Gatsata mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, habereye ibidasanzwe nyuma y’uko umukobwa wari utwawe kuri moto yanze kwishyura amafaranga y’urugendo, ahubwo agashinja umumotari ko yamufashe …

Kigali: Umukobwa wanze kwishyura umumotari amushinja kumufata ku ngufu bari kuri moto yateje impagarara Read More