RDC: Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi yakoze igikorwa cyatunguye cyane Perezida Tshisekedi kubera uburyo cyateguranywe ubuhanga budasanzwe

Umunyapolitiki ukomeye utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Seth Kikuni, yamaze kuva muri icyo gihugu mu ibanga rikomeye, nyuma y’igihe kirekire avugwaho gutotezwa, gufungwa mu buryo …

RDC: Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi yakoze igikorwa cyatunguye cyane Perezida Tshisekedi kubera uburyo cyateguranywe ubuhanga budasanzwe Read More

Burundi: Perezida Ndayishimiye mu cyoba cyinshi nyuma y’ibiteye ubwoba byatangiye gukorwa n’urubyiruko n’abasirikare benshi

U Burundi buri kwinjira mu bihe bikomeye by’ihungabana rikabije ry’ubukungu, umutekano n’icyizere cy’abaturage, ibintu byashyize Perezida Évariste Ndayishimiye mu cyoba gikomeye. Mu gihe Leta ikomeza kuvuga ko igihugu gifite amahoro …

Burundi: Perezida Ndayishimiye mu cyoba cyinshi nyuma y’ibiteye ubwoba byatangiye gukorwa n’urubyiruko n’abasirikare benshi Read More

Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe wakoze impinduka zikomeye cyane ku bahuza mu kibazo cya RDC, hashyirwaho imiterere nshya y’ubuhuza

Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) wafashe icyemezo cyo kongera kunoza no kugabanya inshingano z’abahuza b’Abanyafurika bari bashinzwe gukemura amakimbirane akomeje gufata indi ntera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi …

Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe wakoze impinduka zikomeye cyane ku bahuza mu kibazo cya RDC, hashyirwaho imiterere nshya y’ubuhuza Read More

Gen. Mubarakh Muganga yashimye umusifuzi Uwikunda Samuel, asaba abasifuzi kwirinda gusifurira amakipe bakunda

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda akaba n’Umuyobozi Wungirije w’Icyubahiro muri APR FC, General Mubarakh Muganga, yashimiye umusifuzi mpuzamahanga Uwikunda Samuel wafashe icyemezo cyo kutajya asifura imikino y’ikipe akunda, asaba n’abandi …

Gen. Mubarakh Muganga yashimye umusifuzi Uwikunda Samuel, asaba abasifuzi kwirinda gusifurira amakipe bakunda Read More

CAF yatangiye iperereza ku myitwarire mibi yagaragaye mu mukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika wahuje Sénégal na Maroc

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yatangaje ko yatangiye gukurikirana no gukora iperereza ku myitwarire mibi yagaragaye ku mukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika 2025/2026 wahuje Sénégal na Maroc, wabereye …

CAF yatangiye iperereza ku myitwarire mibi yagaragaye mu mukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika wahuje Sénégal na Maroc Read More

“Ni ubwa gatatu dukinnye n’abasifuzi” – Abderrahim Talib utoza APR FC yongeye gushinja imisifurire kuyambura umwanya wa mbere

Umutoza wa APR FC, Abderrahim Talib, yongeye kugaragaza uburakari bukomeye ku misifurire avuga ko imaze iminsi igaragara mu mikino y’ikipe ye, aho ashinja abasifuzi kuyambura amanota menshi yagombaga gutuma iyobora …

“Ni ubwa gatatu dukinnye n’abasifuzi” – Abderrahim Talib utoza APR FC yongeye gushinja imisifurire kuyambura umwanya wa mbere Read More