RDC na AFC/M23 Basinyanye Amasezerano y’Amahoro i Doha: Intambwe Itegura Umutekano Arambye mu Burasirazuba bwa Congo

Mu mujyi wa Doha, Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) hamwe n’Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) byashyize umukono ku masezerano y’ingenzi agamije guteza imbere amahoro arambye mu burasirazuba …

RDC na AFC/M23 Basinyanye Amasezerano y’Amahoro i Doha: Intambwe Itegura Umutekano Arambye mu Burasirazuba bwa Congo Read More

Umusirikare wari uvuye mu butumwa bwo kubungabunga amahoro yishe umutoza wo muri Gym wasigaye yita ku mugore we

Abaturage b’akarere ka Umoja muri Kenya wagize agahinda kadasanzwe nyuma y’urupfu rwa Alphy Migasa, umutoza w’imyitozo ngororamubiri (gym) wari ukunzwe cyane muri ako gace. Amakuru aturuka mu baturage b’aho byabereye …

Umusirikare wari uvuye mu butumwa bwo kubungabunga amahoro yishe umutoza wo muri Gym wasigaye yita ku mugore we Read More

U Burusiya bwahishuye igitero simusiga u Bufaransa buri gutegura kugaba ku ngabo z’u Rwanda bugahirika ubutegetsi

Mu itangazo rikomeye ryasohotse ku wa 2 Gashyantare 2026, urwego rw’ubutasi bw’u Burusiya rufite inshingano zo gukurikirana ibikorwa by’amahanga, SVR, rwatangaje ko bufite amakuru yizewe agaragaza ko Leta y’u Bufaransa …

U Burusiya bwahishuye igitero simusiga u Bufaransa buri gutegura kugaba ku ngabo z’u Rwanda bugahirika ubutegetsi Read More

Qatar ikomeje gushyira igitutu ku ishyirwa mu bikorwa ry’agahenge: MONUSCO yasabwe koherezwa muri Uvira

Mu gihe umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kuba ikibazo gihangayikishije akarere n’umuryango mpuzamahanga, inama yabereye muri Qatar yongeye kugaragaza ubushake bwo gushaka ibisubizo bya politiki …

Qatar ikomeje gushyira igitutu ku ishyirwa mu bikorwa ry’agahenge: MONUSCO yasabwe koherezwa muri Uvira Read More

Urupfu rwa Nyiranzabamwita Phelomène wishwe bya kinyamaswa rukomeje kuzamura imbamutima benshi.

Abaturage bo mu Murenge wa Bushekeli, mu Karere ka Nyamasheke, baguye mu kantu nyuma y’urupfu rubabaje rw’umugore w’imyaka 59 wasanzwe mu muferege w’umuhanda, yishwe mu buryo bukomeye kandi buteye ubwoba, …

Urupfu rwa Nyiranzabamwita Phelomène wishwe bya kinyamaswa rukomeje kuzamura imbamutima benshi. Read More

Loni Yaciye Amarenga yo Gufata Icyemezo Kizagira Ingaruka Zikomeye Cyane ku Gisirikare cy’u Burundi n’Imiryango y’Abasirikare

Ikibazo cy’ubukene n’icyuho cy’imari mu Muryango w’Abibumbye (Loni) gikomeje gufata indi ntera, aho kiri kugira ingaruka zitari nke ku butumwa bwo kubungabunga amahoro ku Isi hose. Kubera ko imisanzu y’ibihugu …

Loni Yaciye Amarenga yo Gufata Icyemezo Kizagira Ingaruka Zikomeye Cyane ku Gisirikare cy’u Burundi n’Imiryango y’Abasirikare Read More

Umuryango w’Abibumbye Uri mu Kaga Waciye Amarenga yo Guhagarika Ibikorwa Byawo byo Kubungabunga Amahoro.

Umuryango w’Abibumbye (Loni) uri mu bihe bikomeye by’ubukungu, aho ubukene bukomeje kuwusatira ku buryo bushobora gushyira mu kaga ibikorwa byawo byo kubungabunga amahoro, gutabara abari mu byago, no gufasha iterambere …

Umuryango w’Abibumbye Uri mu Kaga Waciye Amarenga yo Guhagarika Ibikorwa Byawo byo Kubungabunga Amahoro. Read More

Umuturage w’Umunyakenya yapfiriye mu ntambara ya Ukraine, impaka ku ruhare rw’Abanyafurika ziriyongera

Mu gihe intambara mu Burasirazuba bwa Ukraine ikomeje kwica no gutera ibikomere ku mpande zose, urupfu rw’umuturage w’Umunyakenya, Clinton Nyapara Mogesa, wavutse mu 1997, rukomeje gutera impaka ku ruhare rw’Abanyafurika …

Umuturage w’Umunyakenya yapfiriye mu ntambara ya Ukraine, impaka ku ruhare rw’Abanyafurika ziriyongera Read More