Amasezerano ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Amerika yajemo kidobya

Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje guhura n’ibibazo bikomeye by’umutekano, ubukungu n’imiyoborere, amasezerano y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro igihugu cyagiranye na Leta Zunze Ubumwe za Amerika akomeje guteza impaka ndende …

Amasezerano ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Amerika yajemo kidobya Read More

Perezida Kagame yahishuye ikibazo u Rwanda rufite muri Congo, anasubiza abamubaza ku mubare w’Interahamwe ziri yo.

Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yongeye guhuriza hamwe Abanyarwanda ku nshuro ya 20, ibera muri Kigali Convention Centre, aho hibanzwe ku gusuzuma aho igihugu kigeze mu ishyirwa mu bikorwa ry’imyanzuro yafatiwe mu …

Perezida Kagame yahishuye ikibazo u Rwanda rufite muri Congo, anasubiza abamubaza ku mubare w’Interahamwe ziri yo. Read More

Ubuhamya bukomeye bwa Dr. Abimana wafunzwe azira ifoto ya Perezida Kagame bukomeje gutigisa imbuga nkoranyambaga

Iyo uganiriye n’Abanyarwanda bagendaga Umujyi wa Goma mu bihe wari ukigenzurwa n’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), usanga inkuru bavuga ziba zisa n’inzozi mbi. Gufungwa nta …

Ubuhamya bukomeye bwa Dr. Abimana wafunzwe azira ifoto ya Perezida Kagame bukomeje gutigisa imbuga nkoranyambaga Read More

Abasirikare b’u Burundi bari boherejwe ku mipaka n’intwaro ziremereye bose bashimuswe n’abasirikare n’abapolisi badasanzwe

Mu ijoro ridasanzwe ryuzuyemo urujijo n’ubwoba mu Burundi, haravugwa igikorwa gikomeye cyo gushimuta abasirikare b’u Burundi bari baroherejwe kurinda imipaka, bikozwe n’abantu bitwa abasirikare n’abapolisi badasanzwe, bataramenyekana inkomoko yabo, bigateza …

Abasirikare b’u Burundi bari boherejwe ku mipaka n’intwaro ziremereye bose bashimuswe n’abasirikare n’abapolisi badasanzwe Read More

Umuhungu wa Muammar Gaddafi wayoboye Libya washakaga kuba Perezida w’iki gihugu yishwe arashwe.

Igihugu cya Libya cyongeye kwinjira mu bihe bikomeye by’akajagari n’impaka nyuma y’inkuru yemeje urupfu rwa Saif al-Islam Gaddafi, umuhungu wa Muammar Gaddafi wayoboye Libya imyaka irenga 40, rukaba rwatumye havuka …

Umuhungu wa Muammar Gaddafi wayoboye Libya washakaga kuba Perezida w’iki gihugu yishwe arashwe. Read More