Indege Itwaye Amafaranga Menshi Yakoze Impanuka Ikomeye, 15 Bahasiga Ubuzima, Abaturage Bagerageza Kuyiba

Ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru bitandukanye hakomeje gukwirakwira inkuru ibabaje y’impanuka y’indege yahitanye abantu 15, abandi benshi barakomereka, yavuzwe cyane muri Bolivia, mu gihe iyo ndege y’Igisirikare yari itwaye …

Indege Itwaye Amafaranga Menshi Yakoze Impanuka Ikomeye, 15 Bahasiga Ubuzima, Abaturage Bagerageza Kuyiba Read More

Harushimana wagaragaye atwaye isanduku ye n’umusaraba uriho izina rye asaba ko “bamuzura” yatawe muri yombi azira iyicwa ry’Ababikira

Inkuru y’umugabo witwa Guillaume Harushimana yongeye kugarukwaho cyane mu bitangazamakuru mpuzamahanga nyuma y’uko afatiwe mu mujyi wa Parma mu Butaliyani, akekwaho kugira uruhare rukomeye mu iyicwa ry’ababikira batatu b’Abataliyani bishwe …

Harushimana wagaragaye atwaye isanduku ye n’umusaraba uriho izina rye asaba ko “bamuzura” yatawe muri yombi azira iyicwa ry’Ababikira Read More

RDC Yatangaje Umukandida Mushya ku Buyobozi bwa OIF: Umukobwa wa Patrice Lumumba Agiye Guhatana na Louise Mushikiwabo

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ku mugaragaro ko yatanze kandidatire ya Juliana Amato Lumumba ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’Organisation internationale de la Francophonie (OIF), mu matora ateganyijwe mu …

RDC Yatangaje Umukandida Mushya ku Buyobozi bwa OIF: Umukobwa wa Patrice Lumumba Agiye Guhatana na Louise Mushikiwabo Read More

Gen. Dagvin Anderson wa Amerika kwa Tshisekedi nyuma y’ibyo Kinshasa iheruka gusaba Washington

Kuri uyu wa Kane, Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, ateganyijwe guhura na Gen. Dagvin Anderson, umuyobozi w’ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika …

Gen. Dagvin Anderson wa Amerika kwa Tshisekedi nyuma y’ibyo Kinshasa iheruka gusaba Washington Read More

Ibiciro by’amabuye y’amabuye y’agaciro u Rwanda rukungahayeho bikomeje gutumbagira

Ibiciro bya tungsten, amwe mu mabuye y’agaciro akomeye ku isi, byazamutse mu mezi ashize, bikaba byatewe n’ugabanyuka kw’umusaruro woherezwaga mu mahanga ndetse n’izamuka ryo kuyifuza mu nganda nyinshi z’isi. Nk’uko …

Ibiciro by’amabuye y’amabuye y’agaciro u Rwanda rukungahayeho bikomeje gutumbagira Read More

Ihuriro rya AFC/M23 ryagize icyo risaba umuryango mpuzamahanga nyuma yuko Lt. Col Willy Ngoma yishwe

Mu gihe imirwano ikomeje gufata indi ntera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC), ihuriro rya AFC/M23 ryongeye gusaba umuryango mpuzamahanga kugira icyo ukora mu buryo bugaragara, rishinja …

Ihuriro rya AFC/M23 ryagize icyo risaba umuryango mpuzamahanga nyuma yuko Lt. Col Willy Ngoma yishwe Read More

Hakozwe impinduka zikomeye cyane mu ngabo z’u Burundi ziri muri RDC imirwano ikomeza gufata indi ntera

Amakuru mashya aturuka mu gace ka Bibogobogo, muri teritwari ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga ko ingabo z’u Burundi zari zihafite ibirindiro zavuyeyo mu rukerera rwo kuri uyu …

Hakozwe impinduka zikomeye cyane mu ngabo z’u Burundi ziri muri RDC imirwano ikomeza gufata indi ntera Read More

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Yatangiye gukoresha ububasha yahawe mu kanama k’umutekano ka loni

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) yatangiye gushyira mu bikorwa uburenganzira yahawe n’Akanama k’Umutekano ka Umuryango w’Abibumbye (ONU) bwo kwirwanaho no guhashya imitwe yitwaje intwaro ikorera mu burasirazuba bw’iki gihugu, …

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Yatangiye gukoresha ububasha yahawe mu kanama k’umutekano ka loni Read More