Bagiye kuyinjizamo: Impamvu M23 idakwiye kwemera kwinjizwa mu nzego z’umutekano za RDC?

Mu biganiro mpuzamahanga bigamije gushakira amahoro arambye uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, igitekerezo cyo kwinjiza abarwanyi ba M23 mu nzego z’umutekano za Leta ya Congo cyakomeje kugarukwaho nk’imwe …

Bagiye kuyinjizamo: Impamvu M23 idakwiye kwemera kwinjizwa mu nzego z’umutekano za RDC? Read More

Umutwe wa M23 ugiye kwinjizwa mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo?

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko hari icyizere gishya cyatuma intambara imaze imyaka myinshi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ihagarara, binyuze mu kwinjiza abarwanyi b’Abanye-Congo bo …

Umutwe wa M23 ugiye kwinjizwa mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo? Read More

Igitero simusiga cya FARDC, FDLR n’ingabo z’u Burundi nyuma yuko u Rwanda rwemereye Amerika imikoranire yarwo na AFC/M23.

Impungenge ku mutekano w’abaturage bo mu misozi ya Mulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, zikomeje kwiyongera nyuma y’uko Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) FDLR n’ingabo z’u Burundi …

Igitero simusiga cya FARDC, FDLR n’ingabo z’u Burundi nyuma yuko u Rwanda rwemereye Amerika imikoranire yarwo na AFC/M23. Read More

Amerika: Perezida Trump yasabwe gufatira ibihano bikakaye Gen. Muhoozi Kainerugaba no gufata ingamba zikomeye za gisirikare.

Igitutu mpuzamahanga gikomeje kwiyongera kuri Leta ya Uganda nyuma y’amatora y’Umukuru w’Igihugu yo ku wa 15 Mutarama 2026, aho Perezida Yoweri Museveni yongeye gutorerwa manda ya karindwi mu matora avugwaho …

Amerika: Perezida Trump yasabwe gufatira ibihano bikakaye Gen. Muhoozi Kainerugaba no gufata ingamba zikomeye za gisirikare. Read More

Abagore badafite “Nyash” babyara abana b’ibigoryi: Amagambo ya Gen. Muhoozi yongeye guteza impaka zikomeye ku mbuga nkoranyambaga

Amagambo aherutse gutangazwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yongeye guteza impaka zikomeye ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bayafashe nko gusuzugura abagore, abandi bakayata nk’urwenya rutagomba gufatwa nk’icyemezo …

Abagore badafite “Nyash” babyara abana b’ibigoryi: Amagambo ya Gen. Muhoozi yongeye guteza impaka zikomeye ku mbuga nkoranyambaga Read More

Perezida Tshisekedi agiye kwisubiza Bukavu, Goma na Bunagana nyuma yo kubona ubufasha budasanzwe

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, arimo gutegura intambara ikomeye yo kwisubiza ibice byose byo mu burasirazuba bw’igihugu bigenzurwa n’ihuriro AFC/M23, nyuma yo kubona inkunga …

Perezida Tshisekedi agiye kwisubiza Bukavu, Goma na Bunagana nyuma yo kubona ubufasha budasanzwe Read More

Ingabo za Amerika zigiye kwinjira mu ntambara yo mu burasirazuba bwa RDC nyuma y’uko u Rwanda ruyemereye ko rukorana na AFC/M23

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangiye intambwe zifatika zo kwinjira mu bibazo by’umutekano wo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’uko u Rwanda ruyemereye ku mugaragaro ko …

Ingabo za Amerika zigiye kwinjira mu ntambara yo mu burasirazuba bwa RDC nyuma y’uko u Rwanda ruyemereye ko rukorana na AFC/M23 Read More