Ababiligi baguye mu kantu nyuma yo kwisanga inyuma y’u Rwanda ku rutonde rw’ibihugu bifite imihanda myiza ku Isi

Mu gihe u Bubiligi buzwi nk’igihugu gifite ubukungu bukomeye, ibikorwaremezo byateye imbere n’umwanya ukomeye mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), abenegihugu benshi batunguwe no kubona ko kiri inyuma y’ibihugu birimo …

Ababiligi baguye mu kantu nyuma yo kwisanga inyuma y’u Rwanda ku rutonde rw’ibihugu bifite imihanda myiza ku Isi Read More

Isezerano rya Minisitiri Ugirashebuja ku muhungu wa Ingabire Victoire rikomeje guteza impaka ku mbuga

Isezerano Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Dr. Emmanuel Ugirashebuja, yahaye umuhungu w’umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi, Ingabire Victoire Umuhoza, rikomeje gukurura impaka ndende ku bijyanye n’ubutabera, uburenganzira bwa muntu …

Isezerano rya Minisitiri Ugirashebuja ku muhungu wa Ingabire Victoire rikomeje guteza impaka ku mbuga Read More

Perezida Ndayishimiye yagaragaye ari mu mwuka Mu masengesho yabereye mu mwiherero wihariye mbere ya kongere idasanzwe ya CNDD-FDD

Perezida wa Repubulika y’u Burundi akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Ishyaka CNDD-FDD, Évariste Ndayishimiye, yagaragaye ari mu mwuka wihariye wo gusenga no kwiyumvamo inshingano ziremereye, ubwo yatangiraga ku mugaragaro umwiherero w’amasengesho y’ishyaka …

Perezida Ndayishimiye yagaragaye ari mu mwuka Mu masengesho yabereye mu mwiherero wihariye mbere ya kongere idasanzwe ya CNDD-FDD Read More

Byahinduye Isura: Abacancuro b’Abanyaburayi basanze Ingabo z’u Burundi, FARDC n’abambari bazo muri Uvira.

Umutekano mu Mujyi wa Uvira, uherereye mu Ntara ya Kivu y’Epfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ukomeje kuba mubi cyane nyuma y’ibikorwa bishya by’ingabo za Leta (FARDC) n’abafatanyabikorwa …

Byahinduye Isura: Abacancuro b’Abanyaburayi basanze Ingabo z’u Burundi, FARDC n’abambari bazo muri Uvira. Read More

Umukinnyi uri mu bakunzwe cyane mu ikipe y’igihugu Amavubi agiye kurongora ukobwa bafitanye abana batatu

Myugariro w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, Phanuel Kavita, ari mu byishimo bikomeye nyuma yo gutanga amarenga akomeye y’uko umwaka wa 2026 ashobora gusezera burundu ku buzima bwo kuba ingaragu, akinjira …

Umukinnyi uri mu bakunzwe cyane mu ikipe y’igihugu Amavubi agiye kurongora ukobwa bafitanye abana batatu Read More