Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko yajyanywe mu nkiko ashinjwa gukoresha impamyabumenyi y’impimbano

Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko yajyanywe mu nkiko ashinjwa gukoresha impamyabumenyi y’impimbano Mu gihugu cya Uganda hatangiye kuvugwa cyane ikibazo cy’umudepite mushya uherutse gutorerwa kujya mu Nteko Ishinga Amategeko, nyuma …

Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko yajyanywe mu nkiko ashinjwa gukoresha impamyabumenyi y’impimbano Read More

Igisirikare cya Amerika cyibwe Drones 4, hatanzwe ibihembo bya miliyoni 7 Frw ku uzatanga amakuru

Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangaje ko kiri mu iperereza rikomeye nyuma y’uko drones enye za gisirikare zibwe n’abantu bataramenyekana mu kigo cya gisirikare cya Fort Campbell. Amakuru …

Igisirikare cya Amerika cyibwe Drones 4, hatanzwe ibihembo bya miliyoni 7 Frw ku uzatanga amakuru Read More

Inkunga Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi wateraga Ingabo na Polisi y’u Rwanda ishobora guhagarara

Amakuru atangazwa n’ibinyamakuru mpuzamahanga aravuga ko inkunga y’amafaranga Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) watangaga mu gushyigikira Ingabo z’u Rwanda ziri mu bikorwa byo kugarura umutekano muri Mozambique ishobora guhagarara muri …

Inkunga Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi wateraga Ingabo na Polisi y’u Rwanda ishobora guhagarara Read More

Corneille Nangaa yatanze ubutumwa bukomeye cyane kuri RDC yagabye igitero cyo kwivugana abayobozi ba AFC/M23 kigahitana umukozi wa UNICEF

Umuyobozi w’ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa, yatangaje ko ubutegetsi bwa Kinshasa buri gushaka kwagurira mu karere kose intambara imaze igihe ibera mu …

Corneille Nangaa yatanze ubutumwa bukomeye cyane kuri RDC yagabye igitero cyo kwivugana abayobozi ba AFC/M23 kigahitana umukozi wa UNICEF Read More

RDC mu mazi abira nyuma yo kugaba igitero cyo kwivugana abayobozi ba AFC/M23 kigahitana umukozi wa UNICEF

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) iri mu bihe bikomeye nyuma y’igitero cya drone cyagabwe mu mujyi wa Goma kigamije kwivugana bamwe mu bayobozi b’ihuriro rya AFC/M23, ariko …

RDC mu mazi abira nyuma yo kugaba igitero cyo kwivugana abayobozi ba AFC/M23 kigahitana umukozi wa UNICEF Read More

Perezida Kagame mu Bufaransa mu Nama Mpuzamahanga yahuje abakomeye ku Isi yiga ku Ngufu za Nucléaire.

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yitabiriye inama mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’ingufu za nucléaire zikoreshwa mu bikorwa bya gisivile, yabereye mu Paris mu Bufaransa ku wa 10 Werurwe 2026. Iyi …

Perezida Kagame mu Bufaransa mu Nama Mpuzamahanga yahuje abakomeye ku Isi yiga ku Ngufu za Nucléaire. Read More

Twakwemera Abasirikare 1000 Bakagwa ku Rugamba ku Buzima bw’Umunyarwanda Umwe – Gen Mubarakh Muganga

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, yatangaje ko Ingabo z’u Rwanda ziteguye gukora ibishoboka byose kugira ngo zirinde umutekano w’Abanyarwanda, harimo no kwemera gutanga ubuzima bwazo mu gihe …

Twakwemera Abasirikare 1000 Bakagwa ku Rugamba ku Buzima bw’Umunyarwanda Umwe – Gen Mubarakh Muganga Read More

RDC: FARDC, FNDB, FDLR n’Abacanshuro barashe Radiyo ikorera mu bice bigenzurwa na AFC/M23.

Agace ka Minembwe kari muri Teritwari ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kongeye kuvugwamo ibikorwa by’intambara bikomeye byateye impungenge abaturage, nyuma y’ibitero by’indege …

RDC: FARDC, FNDB, FDLR n’Abacanshuro barashe Radiyo ikorera mu bice bigenzurwa na AFC/M23. Read More