Umuhanzi uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda n’i Burundi yikuye mu rubanza yaburanagamo uburenganzira ku mwana we, ashimangira impamvu y’icyemezo cye cyatunguye benshi
Umuhanzi w’icyamamare muri Afurika, Davido, yatangaje ko yikuye burundu mu rubanza yari amazemo igihe aburana n’uwahoze ari umukunzi we, Sophia Momodu, rujyanye n’uburenganzira bwo kurera umukobwa wabo Imade Adeleke, babyaranye …
Umuhanzi uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda n’i Burundi yikuye mu rubanza yaburanagamo uburenganzira ku mwana we, ashimangira impamvu y’icyemezo cye cyatunguye benshi Read More