Leta zunze Ubumwe za Amerika Amerika iri gutegura gufatira u Rwanda ibihano bikomeye cyane?

Leta Zunze Ubumwe za Amerika biravugwa ko zatangiye ibiganiro byimbitse bigamije gusuzuma uburyo u Rwanda rwafatiwamo ibihano, nyuma y’uko amasezerano y’amahoro rwasinyanye na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo atarashyirwa mu …

Leta zunze Ubumwe za Amerika Amerika iri gutegura gufatira u Rwanda ibihano bikomeye cyane? Read More

U Rwanda rwakiriye abarwanyi 15 ba FDLR n’imiryango yabo, rugaragaza ko inzira yo gutaha ikomeje gufunguka

Leta y’u Rwanda yakiriye abarwanyi 15 b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR bari kumwe n’abantu 19 bo mu miryango yabo, baturutse mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), mu cyiciro …

U Rwanda rwakiriye abarwanyi 15 ba FDLR n’imiryango yabo, rugaragaza ko inzira yo gutaha ikomeje gufunguka Read More

U Bwongereza bwasubije u Rwanda rwabujyanye mu rukiko mpuzamahanga rubwishyuza miliyoni 50 z’Amapawundi

Guverinoma y’u Bwongereza yatanze igisubizo ku Rwanda, nyuma y’uko rwitabaje urukiko mpuzamahanga rw’ubuhuza ruri mu Buholandi, rurusaba kwishyurwa miliyoni 50 z’Amapawundi, kubera kutubahiriza amasezerano impande zombi zari zaragiranye. Ku wa …

U Bwongereza bwasubije u Rwanda rwabujyanye mu rukiko mpuzamahanga rubwishyuza miliyoni 50 z’Amapawundi Read More

Umutwe wa M23 wahishuye ibyo waganiriye na Tshisekedi kuri Telefoni nyuma yo gufata umujyi wa Bunagana

Umutwe wa M23 wongeye gushyira ahagaragara amakuru akomeye ajyanye n’uko wigeze kugirana ibiganiro na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo iyobowe na Perezida Félix Tshisekedi, mbere na nyuma y’ifatwa …

Umutwe wa M23 wahishuye ibyo waganiriye na Tshisekedi kuri Telefoni nyuma yo gufata umujyi wa Bunagana Read More

Bamwe mu batunze Moto n’Imodoka mu Rwanda bagiye kubyamburwa izindi zifatirwe.

Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda cyatangije gahunda yihariye igamije gukemura burundu ikibazo cy’abantu batunze ibinyabiziga bitanditse mu mazina yabo, binyuze mu ihererekanya ryemewe rizwi …

Bamwe mu batunze Moto n’Imodoka mu Rwanda bagiye kubyamburwa izindi zifatirwe. Read More

Nyuma y’iminsi micye ikuye abarwanyi bayo muri Uvira, AFC/M23 yakomoje ku gusohoka mu bindi bice igenzura

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko nubwo ryakuye abarwanyi baryo mu Mujyi wa Uvira, ridafite umugambi wo kuva mu bindi bice rigenzura mu Ntara …

Nyuma y’iminsi micye ikuye abarwanyi bayo muri Uvira, AFC/M23 yakomoje ku gusohoka mu bindi bice igenzura Read More

Ingabo za Amerika zigiye kwinjira mu ntambara yo mu burasirazuba bwa RDC nyuma y’uko u Rwanda ruyemereye ko rukorana na AFC/M23

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangiye intambwe zifatika zo kwinjira mu bibazo by’umutekano wo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’uko u Rwanda ruyemereye ku mugaragaro ko …

Ingabo za Amerika zigiye kwinjira mu ntambara yo mu burasirazuba bwa RDC nyuma y’uko u Rwanda ruyemereye ko rukorana na AFC/M23 Read More

Abarusiya bahunze intambara na Ukraine bifuza kuba Abanyarwanda byuzuye kubera ibyo babonye mu Rwanda.

Intambara iyo itangiye, ntigira uwitandukanya n’ingaruka zayo. Irasenya, igatwara ubuzima, igatatanya imiryango, ikanazimya inzozi z’abari bafite ejo heza. Ukraine ni urugero rufatika rw’igihugu cyari kizwi nk’ikigega cy’ibinyampeke ku isi, gifite …

Abarusiya bahunze intambara na Ukraine bifuza kuba Abanyarwanda byuzuye kubera ibyo babonye mu Rwanda. Read More

Burundi: Perezida Ndayishimiye mu cyoba cyinshi nyuma y’ibiteye ubwoba byatangiye gukorwa n’urubyiruko n’abasirikare benshi

U Burundi buri kwinjira mu bihe bikomeye by’ihungabana rikabije ry’ubukungu, umutekano n’icyizere cy’abaturage, ibintu byashyize Perezida Évariste Ndayishimiye mu cyoba gikomeye. Mu gihe Leta ikomeza kuvuga ko igihugu gifite amahoro …

Burundi: Perezida Ndayishimiye mu cyoba cyinshi nyuma y’ibiteye ubwoba byatangiye gukorwa n’urubyiruko n’abasirikare benshi Read More